25.1 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeAmakuruAbaturage ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahinze Umushyitsi kubera Urupfu rwa...

Abaturage ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahinze Umushyitsi kubera Urupfu rwa Irutingabo Derrick?

Date:

Related stories

“Abatutsi Baremewe Kwicwa?”: Ubutumwa bukomeye bwa Obadioas Kavune ku mahanga n’imiryango mpuzamahanga.

Mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki ya 16 Ukuboza 2025, ijwi rikomeye ryongeye kugaruka ku bibazo by’umutekano n’uburenganzira bwa muntu mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.  Obadioas Kavune, umunyabwenge n’Umunyamulenge uzwiho kugaragaza ibitekerezo byimbitse ku mateka n’akarengane karanze ubuzima bw’Abatutsi bo muri Congo, yatanze ubutumwa bukomeye abinyujije kuri MCN, abugenera amahanga n’imiryango mpuzamahanga.  Mu magambo arimo intimba n’uburakari, Kavune yabajije ikibazo gikomeye gikomeje kwibazwa na benshi: “Ese Abatutsi bo muri Congo baremewe gupfa?” Iki kibazo ntiyagitanze nk’ikirimo amarangamutima gusa, ahubwo yagishingiye ku mateka maremare y’ubwicanyi, itotezwa n’ihohoterwa byagiye bikorwa ku Batutsi mu bihe bitandukanye, amahanga akenshi akabirebera cyangwa akabyirengagiza.  Kavune yagaragaje ko mu gihe isi ikomeza kwigira umuvugizi w’uburenganzira bwa muntu, hari abaturage bamwe bagaragaye nk’abadakorwaho, naho abandi bakemererwa gupfa ntawe ubavugiye. Yavuze ko guceceka kw’amahanga ku bikorerwa Abatutsi bo muri Congo atari impanuka, ahubwo ari ihitamo rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu.  Agaruka ku mateka ya kera, Kavune yibukije ko mu 1964, mu mvururu zari ziyobowe na Pierre...

RDC igiye gushyiraho sisiteme nshya, ihuriweho kandi y’ikoranabuhanga mu gusuzuma indwara

  Mu rugendo rwo kunoza serivisi z’ubuvuzi no kongera ireme...

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe...
spot_imgspot_img

Abantu babiri barimo Derrick Irutingabo bapfuye abandi batanu barakomereka, nyuma yo kurasirwa mu birori by’isabukuru mu Majyepfo ya California muri Leta zunze Ubumwe za Amerika.

Get a Professional Website at Promo Price

Start My Website

Ukurasa kwabaye ahagana saa saba z’ijoro ryo ku cyumweru, mu nyubako iherereye Adelanto. Abapfuye ni Maqwan Allen wo muri Rancho Cucamonga na Derrick Irutingabo wo muri Arizona, bombi bakaba bari bafite imyaka 20.

Polisi yatangaje ko Irutingabo yaguye mu rugo aho yarasiwe naho mugenzi we agwa kwa muganga.

Abakomeretse batanu barimo umwana w’imyaka 14. Kugeza ubu polisi ntirabasha kumenya abarashe aba bantu. Bamwe mu baturanyi bavuga ko hashobora kuba harabayeho ibimeze nk’imirwano muri urwo rugo, kuko na mbere habayeho kurasa.

Bamwe mu banyarwanda bagaragaje akababaro batewe n’urupfu rwa Irutingabo, aho umwe yanditse kuri Twitter ati “Umuntu wanjye Irutingabo Derrick baramwishe sha, bamurasiye mu birori by’isabukuru mu Majyepfo ya California”.

Ubutumwa bwanditswe kuri Gofundme bwo gukusanya inkunga yo gushyingura Irutingabo, bwerekana ko uyu musore bakundaga kwita Drose yavutse kuwa 23 Kanama 2002, i Kibondo muri Tanzania, kuri Edward Hakizimana na nyina Anny Z Ngendakumana.

Yageze muri Leta zunze Ubumwe za Amerika kuri 14 Nzeri 2004 ajyanye n’umuryango we, akaba yararangije amasomo muri Rose Academy mu 2020.

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here