38.4 C
Africa
Dinsdag, Februarie 3, 2026
HomeAmakuruAfrovera Media yorohereje Abifuza Gutunga Imbuga Nkoranyambaga (Websites) Zabo Bwite   

Afrovera Media yorohereje Abifuza Gutunga Imbuga Nkoranyambaga (Websites) Zabo Bwite   

Date:

Related stories

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Madamu wa Perezida Kim Keon Hee yakatiwe igifungo azira ruswa

  Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Kim Keon Hee,...
spot_imgspot_img

Muri iki gihe ikoranabuhanga rigenda rifata indi ntera, abantu n’ibigo byinshi bifuza gutunga imbuga zabo bwite (websites)kugira ngo babashe kwamamaza ibikorwa byabo, gusangiza amakuru, cyangwa guteza imbere itangazamakuru ryabo mu buryo bugezweho.

Afrovera Media ni ikigo cyihariye mu by’ikoranabuhanga cyashyize imbaraga mu korohereza buri wese wifuza gutunga website ye  , mu buryo bworoshye, bwihuse kandi ku giciro cyoroheye buri wese. Intego yacu ni ugufasha abakiriya bacu kugera ku bakiliya babo, kwagura ibikorwa byabo no kubigeza ku rundi rwego hifashishijwe ikoranabuhanga rigezweho.

Serivisi dutanga zirimo:   

  • Web Design & Web Development
  • Web Hosting  (kubika no gucunga amakuru ashyirwa ku rubuga rwawe umunsi ku wundi)
  • Domain Name Registration
  • Gukora Desktop na Android Applications

TWANDIKIRE UNYUZE HANO

Izi serivisi zose tuzitanga mu gihe gito cyane, ku buryo mu minsi mike uba wamaze kubona ibyo wadusabye. Si ibyo gusa, kuko     Afrovera Media     ikomeza gukurikirana imishinga yawe yose ku buryo burambye, maze iyo hagize ikibazo kibayeho, tukagikemura vuba kandi neza.

Intego yacu   

Intego nyamukuru ya  Afrovera Media ni ugutuma umukiriya anyurwa n’iyo ahawe serivisi, ndetse ibikorwa bye bigatera imbere bigaragaza itandukaniro rifatika ku isoko. Duha agaciro gakomeye umukiriya, kuko twemera ko  umukiriya ari umwami    .

Dushyira udushya n’ubunyamwuga mu byo dukora byose, bigatuma abo dukorera bagira umwihariko ubatandukanya n’abandi bakora mu rwego rumwe.

Impamvu wakorana natwe  

  •    Kwitaho umukiriya no kumwumva
  •    Gukorera hamwe no kugisha inama
  •    Gusangiza ubumenyi n’ubunararibonye
  •    Serivisi inoze itangwa n’abakora kinyamwuga

Tumaze gukorana n’ibigo bikomeye bitandukanye haba muri Kenya, Rwanda no mu mahanga, bityo guhitamo Afrovera Media ni icyemezo cyizewe kandi kinyamwuga    .

Nawe ntucikwe n’aya mahirwe   

Niba wifuza gutunga website, application cyangwa indi serivisi ijyanye n’ikoranabuhanga wifuje kuva kera,     uyu ni wo mwanya wawe    . Twiyambaze uyu munsi, twifatanye kugera ku ntego zawe.

  • 📧     Email:editor@afrovera.com
  • 🌐     Website: www.afrovera.com

📱 Dusange ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter (X), ugire amahirwe yo kutuganiriza ku mishinga yawe.

Afrovera Media yakira buri wese wifuza gukorana natwe, aho yaba ari hose ku Isi, kuko twifuza ko urwego rw’ikoranabuhanga mu Rwanda no muri Afurika rwagera kure kurushaho    .

TWANDIKIRE UNYUZE HANO

Afrovera Media yorohereje Abifuza Gutunga Imbuga Nkoranyambaga (Websites) Zabo Bwite

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here