20.4 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeAmakuruAmanota yasohotse: Abahungu batsinze neza kurusha abakobwa mu bizamini bisoza ayisumbuye mu...

Amanota yasohotse: Abahungu batsinze neza kurusha abakobwa mu bizamini bisoza ayisumbuye mu 2022/2023

Date:

Related stories

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe...

“Urugamba Rurakomeje”: Corneille Nangaa Atanze Ubutumwa ku Isabukuru y’Imyaka Ibiri ya AFC/M23

Mu mashusho yashyizwe ahagaragara kuri Twitter (X), Corneille Nangaa,...

AFC/M23 yahaye u Burundi isezerano rikomeye nyuma y’igihe gito bweruye bukavuga ko bushobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda

Mu gihe umwuka w’intambara n’umutekano muke bikomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, ihuriro rya AFC/M23 ryatanze isezerano rikomeye ku Burundi, rivuga ko ritazigera ryemera ko imitwe irwanya ubutegetsi bwabwo yifashisha uduce rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’ibirindiro byo guhungabanya umutekano w’icyo gihugu.  Iri sezerano ryatanzwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu bihe byihariye aho u Burundi bwari bumaze gutangaza ku mugaragaro ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda.  AFC/M23 yavuze ko yubaha ihame ryo kubana neza n’ibihugu bituranye, kandi ko idashaka ko intambara zo mu karere zarushaho kwaguka. Yashimangiye ko uduce igenzura tutazigera duhinduka indiri y’imitwe yitwaje intwaro igamije guhungabanya umutekano w’u Burundi cyangwa w’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose.  Aya magambo ya AFC/M23 yakurikiye igikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza, iri ihuriro rya AFC/M23 ryafashije impunzi z’Abarundi zari zarahungiye mu burasirazuba bwa Congo gusubira mu gihugu cyazo ku bushake....

Nduhungirehe ashinja ibihugu by’Iburengerazuba guhuma amaso ku bitero bya FARDC muri Minembwe

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yanenze bikomeye...
spot_imgspot_img

Uyu munsi Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abahungu batsinze neza kurusha abakobwa mu bizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2022/2023.

Get a Professional Website at Promo Price

Start My Website

Amanota y’ibyavuye muri ibi bizamini yatangajwe kuri uyu wa 04 Ukuboza 2023.

Aba ni abize amasomo y’Ubumenyi Rusange; Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyingiro n’Inderabarezi Rusange.

Muri ibi byiciro byose, abahungu batsinze kurusha abakobwa. Nko mu Nderabarezi Rusange abatsinze ni 99,7%. Abakobwa batsinze ni 99,8% ugereranyije na 99,6% b’abahungu.

Mu masomo ya Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyingiro abatsinze ni 97,5%. Abakandida b’abahungu barushije gato abakobwa kuko abahungu batsinze ni 97,7% kuri 97,5% b’abakobwa.

Kureba amanota bikorwa ku rubuga rukusanya amakuru y’uburezi. Abatanyuzwe n’umusaruro bemerewe kujurira ariko ubujurire bwemezwa n’umuyobozi w’ishuri akabwoherereza NESA bugasuzumwa agahabwa igisubizo bitarenze iminsi 60.

Uyu mwaka ni bwo abize mu Nderabrezi Rusange bishyurwa kimwe cya kabiri cy’amafaranga y’ishuri basoje amasomo.

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here