30 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeAmakuruAmashusho y’umusore ari gukandakanda amabuno y’umukobwa yatumye bamwe bavuga n’akarimurori. Yarebe hano

Amashusho y’umusore ari gukandakanda amabuno y’umukobwa yatumye bamwe bavuga n’akarimurori. Yarebe hano

Date:

Related stories

spot_imgspot_img

Muri iyi minsi hakomeje kwaduka ingeso mbi z’ubusambanyi ndetse n’amwe mu mashusho ateye isoni, ibyo benshi mu banyamadini banga ndetse bakanabivumira kure.

Get a Professional Website at Promo Price

Chat on WhatsApp

Binyuze ku rubuga nkoranyambaga rwa twitter, hari uwashyizeho ifoto maze arabaza ati: “Uyu ari umukobwa wawe umuhungu nk’uyu akamukora ibintu nk’ibi ukabibona wabigenza ute?”

Abenshi bazamuye uburakari ndetse bamwe bahise bavuga ko uku kuboko k’uyu muhungu baramutse bagufashe bahita baguca bakajya kwirega.

Ntibyagarukiye aho kuko n’abandi bakomeje gutanga ibitekerezo bijyanye n’amarangamutima yabo.

Uwitwa Rooney yagize ati: “Uyu ntabwo aba akiri uwawe kuko n’ibindi barabikora ahubwo”.

Ukoresha amazina ya Please ndabwambaye we ati: “Ewana sinari narebye ku kibuno we!!!! Nahamagara umukobwa wanjye agahungu kakibwiriza”.

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here