28.4 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026

Kwizera Yamini

spot_img

Bombori bombori hagati ya FARDC n’Ihuriro ry’ingabo bafatanya kurwanya AFC/M23-Twinrwaneho. Ubuyobozi bwaryo bwahishuye ibyo bapfa.

Mu gihe intambara ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umwiryane ukomeye uragenda wigaragaza hagati y’imitwe ya Wazalendo,...

Kinshasa ihindutse igicumbi cy’ifungwa ry’abasirikare bakuru: Abandi ba-Jenerali 2 ba hafi ya Tshisekedi boherejwe muri gereza.

Mu mujyi wa Kinshasa, umwuka w’ubwoba n’ukutizera ukomeje kwiyongera mu nzego z’umutekano, nyuma y’uko abasirikare bakuru barimo General Franck Ntumba Buamunda na General Major...

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Dukuzumuremyi Eric wishwe arashwe n’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba yatangaje ko yarashe uwitwa Dukuzumuremyi Eric, wari ukekwaho ibyaha by’ubujura no kwica umumotari, nyuma yo kugerageza gutoroka...

Pasiteri uri mu bakunzwe cyane mu gihugu yajyanywe mu bitaro igitaraganya nyuma yo kugwa igihumure ari gushaka guca agahigo ko guhobera igiti amasaha 80

Mu gace ka Murang’a muri Kenya, abaturage bagize ubwoba n’impagarara nyuma y’uko Pasiteri Jimmy Irungu ajyanywe mu bitaro igitaraganya, nyuma yo kugwa igihumure mu...

Abayobozi bo hejuru ba AFC/M23 bahishuye umubare w’abakomando badasanzwe u Rwanda rwongeye kohereza muri RDC?

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zongeye gushyira u Rwanda mu majwi, zirushinja kugira uruhare rutaziguye mu ntambara ibera mu...

Ihuriro rya AFC/M23-Twirwaneho Ryashyizeho Amabwiriza Mashya Akomeye Cyane ku Baturage Bari mu Bice Rigenzura

Umutwe wa AFC/M23 watangaje amabwiriza mashya akomeye abuza abaturage cyangwa izindi nzego kwigarurira, kugurisha cyangwa guhindura imikoreshereze y’imitungo ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi...

Perezida Trump Yashyizeho Ingwate ihenze ku Barundi Bose Bifuza Kujya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje icyemezo gishya kigiye guhindura bikomeye uburyo abaturage bo mu bihugu bimwe na bimwe by’umwihariko iby’Afurika babona viza yo...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img