28.4 C
Africa
Donderdag, Februarie 5, 2026

Kwizera Yamini

spot_img

RDC: Gen. Kakule Kaputu Yiciwe mu Mirwano hagati y’Imitwe Yitwaje Intwaro ya Wazalendo

Mu mpera z’icyumweru gishize, akarere ka Butembo kahindutse urwibutso rw’imvururu n’amarorerwa, aho umugabo wiyise General witwa Kakule Kaputu, uzwi ku izina rya “Tango Fort,”...

Aya marira ninde uzayaduhoza? Abaturage barenga 100 ba RDC bapfiriye mu Burundi mu buryo bwazamuye imbamutima za benshi.

Mu byumweru bibiri bishize, inkambi z’impunzi zo mu gihugu cy’u Burundi zahindutse ahantu h’akababaro gakomeye, aho Abanye-Congo barenga 100 bamaze kuhagwa bazize ubuzima bubi,...

“Ingabo za Uganda Zashobora Kunesha iza Amerika ku Ntambara yo ku Butaka”: Perezida Museveni wariye karungu yakanguye Abanyafurika

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje amagambo akomeye akomeje gukurura impaka mu ruhando mpuzamahanga, aho yavuze ko mu gihe intambara yaba igarukiye gusa...

CAN 2025: Lumumba, Umufana wa RDC Wahindutse Ikimenyabose cya Afurika Yasezerewe mu Marira mu gihe Algeria na Côte d’Ivoire Zakomeje Urugendo

Mu gihe Igikombe cya Afurika cya 2025 gikomeje kubera muri Maroc, irushanwa ntiryahaye abafana ibyishimo by’imikino myiza gusa, ahubwo ryanahinduye inkuru z’abantu ku giti...

RDC: Abaturage bariye karungu nyuma y’ihamagazwa ry’umusirikare wavuze ku bayobozi bakekwaho gufasha umutwe wa Mobondo

Mu bice bitandukanye by’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byibasiwe n’ibikorwa by’inyeshyamba za Mobondo, haravugwa umujinya n’impungenge bikomeje kwiyongera mu baturage nyuma y’ihamagazwa...

Bishwe bataranatangira akazi: Abasirikare b’u Burundi bari boherejwe na Perezida Ndayishimiye muri RDC bahasize ubuzima bataranatangira inshingano zabo.

Amakuru akomeje guturuka mu nzego z’umutekano n’abantu bakurikirana bya hafi ibikorwa bya gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aragaragaza isura ikomeye kandi...

Ikamyo enye zuzuye amabuye y’agaciro ya Perezida Ndayishimiye zafashwe nyuma yo kugwa mu gico cyateguwe neza

Mu gihe intambara ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru mashya aturuka mu nzego zitandukanye z’umutekano agaragaza ko...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img