40.5 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026

Nshimiyimana Francois

spot_img

Capt Ibrahim Traoré asaba ibisobanuro Perezida Ndayishimiye ku guhagarikwa kwa Burkina Faso muri AU

  Perezida wa Burkina Faso, Kapiteni Ibrahim Traoré, yatangaje ko ateganya kugirana ikiganiro na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, agamije gusobanukirwa neza impamvu igihugu cye...

Abaturage bo mu Mujyi wa Uvira baramukiye mu myigaragambyo idasanzwe basaba ko AFC/M23 idasiga umujyi wabo

  Abaturage bo mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Ukuboza, baramukiye mu myigaragambyo idasanzwe basaba...

RDC igiye gushyiraho sisiteme nshya, ihuriweho kandi y’ikoranabuhanga mu gusuzuma indwara

  Mu rugendo rwo kunoza serivisi z’ubuvuzi no kongera ireme ry’isuzuma ry’indwara, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima Rusange (INSP) cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo gukura ingabo zaryo mu mujyi wa Uvira, riwufashe mu minsi ishize, mu rwego...

Buri munsi turicwa ariko turataka ntihagire udutabara kubera inyungu za Kinshasa — Ubutumwa bwa Gen. Mayele buhishura intimba n’akarengane mu ngabo za FARDC mu...

  Jenerali Mayele, umwe mu bayobozi bakuru b’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yatanze ubutumwa bukomeye bwateje impaka ndende, agaragaza umubabaro...

Nduhungirehe ashinja ibihugu by’Iburengerazuba guhuma amaso ku bitero bya FARDC muri Minembwe

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yanenze bikomeye imyitwarire y’ibihugu bimwe by’Iburengerazuba, abishinja guceceka no kwirengagiza ku bushotoranyi n’ibitero byo mu kirere bikomeje...

Ndayishimiye araburira Afurika: Ibihugu byari bihamye biri mu bibazo bikomeye bitewe n’akababaro k’Urubyiruko rw’aba-Gen Z

  Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yatangaje ko ikibazo cy’imyigaragambyo n’imvururu bigaragara mu bihugu bimwe na bimwe bya Afurika kitakagombye gufatwa nk’ingaruka zisanzwe z’icyifuzo cy’impinduka...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img