Félix Tshisekedi Tshilombo ni umukandida numero ya 20 muhatanira umwanya wa Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, yongeye yumvikanye abwira abatuye mu mujyi...
Uyu munsi Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abahungu batsinze neza kurusha abakobwa mu bizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2022/2023.
Amanota y’ibyavuye...
Mu nkuru igaragara k’urubuga rw’Umuryango Human Rights Watch ivuga ko uyu muryango wasabye Leta ya Congo kuburanisha abakekwaho guhitana Lt. Patrick Gisore Kabogo, umusirikare...
Kugeza ubu ni igihe kingana n’amezi atandatu, abakunzi ba Semuhugu Eric bibaza aho uyu musore yarengeye, dore ko atakigaragara kumbugankoranyambaga zose ya koreshaga.
Dukoze iyi...
Col Ruvugayimikore Protogène Alias Ruhinda wari ukuriye umutwe w’Ingabo zidasanzwe za FDLR byatangajwe ko yivugwanywe n’umutwe wa M23.
Kuze ubu amakuru corridorreport.com yatohoje neza; avuga...
Kuri iki cyumweru tariki ya 03 Ukuboza 2023 haravugwa inkuru y’uko Ingabo Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) wari warohereje mu butumwa bwo kugarura amahoro...