31.8 C
Africa
Maandag, Desember 22, 2025

Diane Ihogoza

spot_img

Burya ngo gukora imibonano mpuzabitsina kabiri mu cyumweru bigabanya ibyago byo kurwara umutima

Ikigo cy’Abanyamerika ‘Johns Hopkins Medicine’ cyatangaje ko gukora imibonano mpuzabitsina nibura kabiri mu cyumweru bigabanyiriza ab’igitsina gabo ibyago byo kurwara umutima. Byagarutsweho n’Umuyobozi w’Ishami ry’Ubushakashatsi...

Ivumburamatsiko: Dore ibyaye umunsi Maj Paul Kagame ahura na Gen Nsabimana wari Umugaba w’Ingabo za Perezida Habyarimana

Mu gihe Amasezerano y’Amahoro ya Arusha yari amaze gusinywa muri Kanama 1993, impande zitandukanye zatangiye gushaka uko ashyirwa mu bikorwa, ubutegetsi bwariho bwakandamizaga bamwe...

Ishyaka rikorera mubuhungiro ryitwa «Ishema ry’u Rwanda» ryatangaje umukandida uzarihagararira mu matora yo mu 2024

«Ishema ry’u Rwanda» n’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda ndetse ntiryemewe mu gihugu kandi kugeza ubu  rikorera mu buhungiro, riravuga ko ryashyizeho itsinda rishinzwe...

RD CONGO:  Kiliziya Gatolika yagaragaje impungenge ku mvururu zizaba nyuma y’amatora bitewe n’ubushobozi bucye bwa CENI

Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntiyemera ko Komisiyo y’Amatora muri iki gihugu (CENI) ifite ubushobozi bwo kuyobora amatora ku rwego rwiza...

  Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo akomeje kurikoroza ku mbungankoranyambaga nyuma yo kwita Samia Suluhu Perezida w’u Rwanda,Tshisekedi uwa Uganda

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo akomeje kuba igitaramo ku bakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yo kumvikana avuga ko Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania...

Iri Maso indirimbo igezweho muziri guhembura imitima yabizera – Theophile Twagirayezu

Theophile Twagirayezu wigishije muri Kaminuza zitandukanye zirimo Mount Kenya, agarutse mu muziki nyuma y’imyaka 15 awuhagaritse, ahita asubiramo indirimbo ye “Iri Maso” ndetse avuga...

Ariko dufite ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba-Ev.Mugisha

Ariko dufite ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba, kugira ngo imbaraga zisumba byose zibe iz’Imana zidaturutse kuri twe.(2 Abakorinto 4:7). Aya ni amagambo ari muri bibiliya...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img