22.4 C
Africa
Maandag, Desember 22, 2025

Diane Ihogoza

spot_img

Undi muhanzi wunyarwanda agiye gukorera igitaramo mu Bujumbura

Umuhanzi Christopher wari umaze iminsi mu bitaramo byabereye i Burayi no muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, hari amakuru ahamya ko agiye gutaramira i...

Abarundi barenga 50 birukanwe ku butaka bw’u Rwanda

Nibura Abarundi 52 barikanwe mu Rwanda kuri uyu wa Kane ushize. Aba bari binjiye mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko, aho abayobozi b’u Rwanda...

Abateguye Trace Awards ntibanyuzwe n’imyitwarire y’abahanzi barangajwe imbere na Bruce Melodie.

Abateguye Trace Awards ntabwo banyuzwe n’uburyo abahanzi bo mu Rwanda by’umwihariko abahataniraga ibi bihembo bitwaye kuko batigeze bagaragara muri gahunda zijyanye nabyo.  Ubwo byemezwaga ko...

Barabivuga iki? itsinda rya Kigali Boss Babies rikomeje guhabwa  urwamenyo nyuma y’ibirori bya Trace Award

Abakobwa bagize itsinda rya Kigali Boss Babies uko bari babiri; Queen Douce ndetse na Alliah Cool, ubwo bari bahamagawe ngo batange igihembo cy’umuhanzi mwiza...

Bitunguranye umusore yiciye umukunzi we kuri statiyo ya polisi

Umunyeshuri w’imyaka 22 wiga mu ishuri ry’imyuga rya Kanjuku, mu Ntara ya Kiambu, mu gihugu cya Kenya, yatakaje ubuzima nyuma yo guterwa icyuma n’umukunzi...

Mu 2050 stroke izaba yica abarenga miliyoni 9 ku mwaka

Stroke ibarwa nk’iya kabiri mu ndwara zihitana benshi ku Isi, aho imibare y’Ishami rya Loni ryita ku Buzima, OMS igaragaza ko yica abantu miliyoni...

Iterambere rya Touch Screen Technology iteza imbere guhanga ubuzima bwabantu

Mu myaka mike ishize, tekinoroji ya ecran yari ikintu cya firime ya siyanse.Gukoresha ibikoresho ukora kuri ecran byari fantasy gusa muricyo gihe. Ariko ubu, ecran...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img