38.2 C
Africa
Vrydag, Februarie 6, 2026

Diane Ihogoza

spot_img

Umuryango w’abanditsi mpuzamahanga wasabye ko umunyamakuru watawe muri yombi na RIB, afungurwa byihuse

Kuwa 11 Ukwakira 2023 nibwo umunyamakuru Manirakiza Theogene yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranweho icyaha cya ruswa.  RIB yasobanuye ko Manirakiza yafatiwe mu cyuho...

Musanze : Abanyerondo bakubise umuntu kugeza ubwo apfuye

Abanyerondo bafashe umusore bakekaga ko ari umujura baramukubita ubundi bamunyuza mu muhanda hagati imodoka iramugonga ahita apfa. Ni impanuka yabereye kumuhanda Kigali -Musanze Rubavu ,...

Umugore yakubiswe n’inkuba ubwo yasangaga umurambo we uryamye mu muhanda

Kuri uyu wa gatatu , umugore ukomoka mu karere ka Nakuru mu gihugu cya Kenya yatunguwe no kubona umurambo w’umugabo we uryamye mu muhanda...

Imodoka yahembwe Bahavu Jeannette iri mu mazi abira

Kampanyi ya Ndori Safali yashyizwe mu majwi nyuma yo guha igihembo umukinnyi ukunzwe cyane hane mu Rwanda igihembo cy’imodoka yo mu bwoko KIA K5,...

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul ubu yamaze kugezwa muri RIB nyuma yo gusebya Miss Mutesi Jolly

Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza nyuma yo gukora ubusesenguzi ku cyemezo cy’urukiko rukuru kuri Prince Kid, akumvikana yikoma Miss Jolly ndetse n’uwo nyampinga akavuga ko...

Umwe mu bagore umunani ntarangiza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Ubushakashatsi bushya bwakorewe mu Bubiligi, bwagaragaje ko umugore umwe mu bagore umunani atagera ku byishimo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ni ikibazo cyugarije abagore benshi ku...

Felix Tshisekedi murugamba rwo gufata uRwanda

Mu Ukuboza 2022, Perezida wa Repubilika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Felix Tshisekedi yabwiye urubyiruko rwo mu gihugu cye ko agiye gukora ibishoboka byose...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img