36.1 C
Africa
Vrydag, Februarie 6, 2026

Diane Ihogoza

spot_img

Leta yanze guhangana n’umuturage maze yubaka umuhanda hejuru y’inzu ye

Uyu muturage utajya uva ku izima, yanze kuva mu nzu ye kugeza naho leta ifata umwanzuro wo kumwubakiraho kuko ntakundi byari kugenda. Uyu muturage wamenyekanye...

Ese Miss Mutesi Jolly ni umugambanyi cyangwa ni umuvugizi w’abana b’abakobwa

Nyuma yo gusoma urubanza rwa Prince Kid wari uhagarariye irushanywa rya Miss Rwanda aho yakatiwe imyaka itanu .Iki gifungo kikaba kitarumvikanyweho na benshi aho...

The Ben yakuye urujijo kubibaza igihe azakorera ubukwe

Mu gihe kirekire abanyarwanda bategereje ubukwe bwa The Ben na Uwicyeza Pamela kururbu aba bombi bakuyeho urujijo ku bakunzi babo maze batangaza igihe naho...

Dr Kanimba arashimira abamufashije kwivuza

Dr Kanimba Vincent,yamenyekanye nk’umuganga  w’indwara z’abagore ‘gynecologist’, yanamenyekanye cyane mu Rwanda mu mavuriro atandukanye, aho yabyaje umubare munini cyane w’ababyeyi. Yakoreye mu Bitaro byitiriwe...

Miss Mutesi Jolie yibasiwe n’umunyakuru nyuma yisomwa ry’urubanza rwa Prince Kid

Jean Paul Nkundineza yabaye umunyamakuru ku binyamakuru bitandukanye mu Rwanda nka Radio Ubuntu Butangaje, Voice of Africa ndetse yanandikiraga Umuseke. umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yamaze...

Bitunguranye Prince Kid yakatiwe gufungwa imyaka itanu

Urukiko Rukuru rwakatiye Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, igifungo cy’imyaka itanu rumuhamije ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gusaba cyangwa...

Amerika yaburiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kurasa ku mutwe wa M23.

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatangaje ko ihangayikishijwe n’imirwano yubuye hagati ya M23 n’imitwe irwana...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img