bahanzi Nyarwanda barimo The Ben ukiri kuganirizwa, Bruce Melodie, Mike Kayihura, Ish Kevin, Kivumbi King, Kenny K-Shot bongewe ku rutonde rurerure rw’abahanzi bazaririmba mu...
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yavuze ko igihugu cye cyiteguye kuba umuhuza mu kibazo kimaze imyaka gihanganishije Leta ya Israel n’umutwe wa Hamas...
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kibilizi mu karere ka Gisagara , Umumararungu Solange ,yitabye Imana.
Amakuru ya UMUSEKE avuga ko yitabye Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu...
Kuva mu ntangiriro z’Ukwakira, imirwano ikaze yagaragaye mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hagati y’inyeshyamba zishyigikiye leta zibumbiye mu kiswe Wazalendo zifatanyije...
Umutwe wa M23 watangaje ko hari abarwanyi bawo baheruka kugwa mu mirwano n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; gusa uvuga ko batagera muri...