25.1 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeIbyamamareBamurate Cécile «Nzaba ijwi ry'abagore b'abanyamulenge ninegukana ikamba rya Miss Mulenge World»

Bamurate Cécile «Nzaba ijwi ry’abagore b’abanyamulenge ninegukana ikamba rya Miss Mulenge World»

Date:

Related stories

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe...

“Urugamba Rurakomeje”: Corneille Nangaa Atanze Ubutumwa ku Isabukuru y’Imyaka Ibiri ya AFC/M23

Mu mashusho yashyizwe ahagaragara kuri Twitter (X), Corneille Nangaa,...

AFC/M23 yahaye u Burundi isezerano rikomeye nyuma y’igihe gito bweruye bukavuga ko bushobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda

Mu gihe umwuka w’intambara n’umutekano muke bikomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, ihuriro rya AFC/M23 ryatanze isezerano rikomeye ku Burundi, rivuga ko ritazigera ryemera ko imitwe irwanya ubutegetsi bwabwo yifashisha uduce rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’ibirindiro byo guhungabanya umutekano w’icyo gihugu.  Iri sezerano ryatanzwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu bihe byihariye aho u Burundi bwari bumaze gutangaza ku mugaragaro ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda.  AFC/M23 yavuze ko yubaha ihame ryo kubana neza n’ibihugu bituranye, kandi ko idashaka ko intambara zo mu karere zarushaho kwaguka. Yashimangiye ko uduce igenzura tutazigera duhinduka indiri y’imitwe yitwaje intwaro igamije guhungabanya umutekano w’u Burundi cyangwa w’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose.  Aya magambo ya AFC/M23 yakurikiye igikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza, iri ihuriro rya AFC/M23 ryafashije impunzi z’Abarundi zari zarahungiye mu burasirazuba bwa Congo gusubira mu gihugu cyazo ku bushake....
spot_imgspot_img

Bamurate Cécile uri mubahatanira ikamba rya Miss Mulenge World 2023-2024 yiyemeje kuzaba ihumure ry’impfubyi n’abapfakazi ndetse kandi avugako azaba ijwi rivugira ab’igitsina gore mugihe cyose azaba abashije kwegukana iri kamba rya Miss Mulenge World.

Get a Professional Website at Promo Price

Chat on WhatsApp

Bamurate Cécile ubusanzwe n’umukobwa w’umunyamulenge; kugeza ubu afite umyaka 23 y’amavuko akaba umwega, benshi bamuzi mubiganiro bitandukanye bica ku muyoboro wa Youtube asanzwe abereye umunyamakuru.

Uyu mukobwa yagaragaye mu majonjora ya Miss Mulenge World yabareye mu gace kitwa Kayole i Nairobi, kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2023.  Aho yaje no kwisanga mubakobwa batanu babonye amahirwe yo gukomeza mu cyiciro gikurikiyeho.

Bamurate avuga ko afite umushinga ukomeye wo gufasha impfumbyi n’abapfakazi ndetse kandi akanavuganira abakobwa n’abagore b’Abanyamulenge aho we abona ko hari aho basigazwa inyuma mu bikorwa bimwe na bimwe.

Uyu mukobwa akomeza avuga ko nagira amahirwe yo kwegukana ikamba azagenda agera kuri aba bose yiyemeje kuzafasha maze akababera ijwi ry’ihumure.

Bamurate yagize amahirwe yo kuza muri 5 bakomeje mu cyiciro gikurikiyeho
Uyu mukobwa ateye neza muburyo buvugisha cyane ab’igitsina gabo
Bamurate afite ubwiza budashidikanywaho
Uyu mukobwa usanzwe ari n’umunyamakuru ari mubakuzwe cyane mubwoko bw’Abanyamulenge i Nairobi
Imiterereye n’ikimero bye byagarutsweho n’umwe mubari mukanama nkemurampaka mukuru.

Reba Video yose hano

Amafoto: Bamurate

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here