25.1 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomePolitikeBreaking news muri RDC: Birahindutse abaturage babuze ibikoresho byitora none baritahiye -Amafoto...

Breaking news muri RDC: Birahindutse abaturage babuze ibikoresho byitora none baritahiye -Amafoto + Video

Date:

Related stories

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe...

“Urugamba Rurakomeje”: Corneille Nangaa Atanze Ubutumwa ku Isabukuru y’Imyaka Ibiri ya AFC/M23

Mu mashusho yashyizwe ahagaragara kuri Twitter (X), Corneille Nangaa,...

AFC/M23 yahaye u Burundi isezerano rikomeye nyuma y’igihe gito bweruye bukavuga ko bushobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda

Mu gihe umwuka w’intambara n’umutekano muke bikomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, ihuriro rya AFC/M23 ryatanze isezerano rikomeye ku Burundi, rivuga ko ritazigera ryemera ko imitwe irwanya ubutegetsi bwabwo yifashisha uduce rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’ibirindiro byo guhungabanya umutekano w’icyo gihugu.  Iri sezerano ryatanzwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu bihe byihariye aho u Burundi bwari bumaze gutangaza ku mugaragaro ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda.  AFC/M23 yavuze ko yubaha ihame ryo kubana neza n’ibihugu bituranye, kandi ko idashaka ko intambara zo mu karere zarushaho kwaguka. Yashimangiye ko uduce igenzura tutazigera duhinduka indiri y’imitwe yitwaje intwaro igamije guhungabanya umutekano w’u Burundi cyangwa w’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose.  Aya magambo ya AFC/M23 yakurikiye igikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza, iri ihuriro rya AFC/M23 ryafashije impunzi z’Abarundi zari zarahungiye mu burasirazuba bwa Congo gusubira mu gihugu cyazo ku bushake....
spot_imgspot_img

Byavugwaga ubundi saa 06h 00 za mugitondo  muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ibiro by’amatora byagombaga kuba byafunguye kuri ubu si ko byagenze kuko byageze saa hafi saa 9h00 bataratangira gutora abaturage bamwe bahita bigendera n’aho mu bindi bice bimwe babura ibikoresho bibafasha gutora.

Get a Professional Website at Promo Price

Chat on WhatsApp

Tumwe mu duce tugifite impungenge ko abadutuyemo batari butore umukuru w’igihugu harimo Rurambo, homuri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ndetse na Goma.

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, nibwo abaturage bo mu bice bitandukanye bya Congo, babyutse batonda umurongo bajya gutora abayobozi bazabayobora ku rwego rwa badepite na perezida w’igihugu.Gusa igitangaje kugeza ubu n’uko muri utwo duce twavuzwe haruguru bataramenya niba baributore kuko nta kimenyetso na kimwe cyabagaragarizaga ko bari butore kuko kugeza ubu ibikoresho by’ifashishwa mu gufasha abatora gutora ntibiragezwa ku ma biro y’itora.

Abatangiye gusubira mu ngo zabo badatoye, bavuga ko aya matora ateguye nabi ku buryo basa n’abarimo guta igihe.

Umwe mu baturage waganiriye n’ikinyamakuru kimwe cyo muri Congo yavuze ko abatasubiye mu ngo zabo bagitegereje kureba niba utu duce twa Rurambo n’ahandi harimo na warikale turi butore cyangwa niba ari ukubakereza.

Abatuye muri Uvira bavuga ko ngo ubuyobozi bwo muri utwo duce bavuga ko ibikoresho byari byazanywe ariko ngo imodoka zigenda zipfira mu nzira.Ni mu gihe CENI yari yatangaje ko MONISCO yemeye kubatiza indege yo kwifashisha mu matora nyuma y’uko Angola ibakuriye inzira ku murima ko itazabaha ubufasha.

Kugeza ubu amatora ararimbanyije ku bakandida biyamamaje.Tshisekedi na Moise Katumbi nibo bakomeje kuryana isataburenge.

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here