25.1 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025

Andi makuru

spot_imgspot_img

  Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo akomeje kurikoroza ku mbungankoranyambaga nyuma yo kwita Samia Suluhu Perezida w’u Rwanda,Tshisekedi uwa Uganda

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo akomeje kuba igitaramo ku bakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yo kumvikana avuga ko Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania...

Burundi: Kubera iki FDNB imaze iminsi ivugwaho gushyingura mu ibanga abasikire bayo bagwa muri Congo?

Kuri uyu wa Kane ushize ubwo bashyinguraga Major Gashirahamwe, undi muryango wari umaze gushyingura undi musirikare w’u Burundi nawe waguye ku rugamba muri Repubulika...

Rwamagana: Umukecuru w’imyaka 72 n’umuhungu we bafanywe umufuka wuzuye urumogi

Abantu batatu barimo umukecuru w’imyaka 72 n’umuhungu we, bafatiwe mu Murenge wa Mwulire mu Karere ka Rwamagana, bafite ibilo 105 by’urumogi ruri mu mifuka,...

Biravugwa ko Abakozi 500 bashobora kuva muri OpenAI yakoze ChatGPT

Nyuma y’uko uwahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’ikoranabuhanga OpenAI, Sam Altman yirukanwe, abakozi bacyo barenga 500 basabye ko abagize Inama y’Ubutegetsi yacyo bose begura,...

Afurika y’Epfo:  Ese ICC iremera ubusabe bwo guta muri yombi Benjamin Netanyahu

Ku wa mbere, minisitiri w’ubutegetsi bwa Afurika yepfo yahamagariye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) gutanga icyemezo cyo guta muri yombi Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu bitarenze...

Umugabo yishwe n’intongo y’akabenzi

Umugabo wo mu Murenge wa Byimana, AKagari ka Mpanda mu Karere ka Ruhango yagiye kugura inyama, ayiriye iramuniga,birangira yitabye Imana. Uyu mugabo ngo mu masaha...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img