Umuhanzi Nyarwanda umaze igihe gito yinjiye mu muziki wo Kuramya no Guhimbaza Imana, Ngabo Medard wamamaye nka Meddy, yavuze ko byatangiriye mu nzozi yagize...
Abagenda n’abatuye mu mujyi wa Kibeho mu karere ka Nyaruguru barishimira ishusho yahubatswe yatashywe ku mugaragaro,ikaba ifatwa nk’ikirango cy’uyu mujyi ukomeje utera imbere uko...
Ariko dufite ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba, kugira ngo imbaraga zisumba byose zibe iz’Imana zidaturutse kuri twe.(2 Abakorinto 4:7).
Aya ni amagambo ari muri bibiliya...