Abagenda n’abatuye mu mujyi wa Kibeho mu karere ka Nyaruguru barishimira ishusho yahubatswe yatashywe ku mugaragaro,ikaba ifatwa nk’ikirango cy’uyu mujyi ukomeje utera imbere uko...
Ariko dufite ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba, kugira ngo imbaraga zisumba byose zibe iz’Imana zidaturutse kuri twe.(2 Abakorinto 4:7).
Aya ni amagambo ari muri bibiliya...
Kuri Iki Cyumweru cya 33, tariki ya 19 Ugushyingo 2023, Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoni Karidinali KAMBANDA , yagiriye uruzinduko mu Igororero rya Nyarugenge, ahaturira...