Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atewe ishema rikomeye kuba ingabo z’Amerika ziri kugaba ibitero ku bayobozi n’inzego z’ubutegetsi...
Urukiko Rukuru rwa Kenya rukorera i Milimani mu mujyi wa Nairobi rwafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo ishyirwa mu bikorwa rya sisitemu itanga amande z’ibinyabiziga...
Iran ishobora kuba iri hafi gutangaza umuyobozi mushya w’ikirenga, mu gihe amakuru ava mu bayobozi b’idini n’abasesenguzi mu bya politiki akomeje kuvuga ko izina...
Amagana y’abantu bihinduje igitsina (transgender) n’abiyumva mu byiciro bitari bibiri by’igitsina (nonbinary) batuye muri leta ya Kansas, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bahawe...
Agace ka Kazinga, gaherereye muri grupema ya Nyamaboko I mu karere ka Masisi, intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...