21.3 C
Africa
Donderdag, Februarie 5, 2026

Politike

spot_imgspot_img

Imirwano ikomeye hagati ya FARDC n’abarwanyi ba Mobondo iguyeho abasirikare n’abarwanyi bagera kuri 20

Imirwano iherutse kubera mu bice bya Kikwit hagati y’abarwanyi ba Mobondo n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yasize nibura abarwanyi 15 ba...

RDC: Gen. Ekenge yasabiwe igihano gikomeye cyane nyuma y’amasaha macye ahagaritswe ku mirimo ye.

Ihagarikwa rya General Sylvain Ekenge ku mirimo ye nk’Umuvugizi w’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ryashimishije bamwe ariko rinatuma abandi bifuza ko...

Amarondo y’Ijoro Ku Mupaka w’u Rwanda n’u Burundi Yongereye Impungenge, Abaturage Binubira Ivangura n’Igitutu

Mu majyaruguru y’u Burundi, by’umwihariko muri Komini ya Kirundo mu Ntara ya Butanyerera ihana imbibi n’u Rwanda, hashyizweho amarondo y’ijoro afatwa nk’itegeko ku baturage,...

“Iyi ntambara turi hafi kuyitsinda” – Gen. Makenga asaba abayoboke ba AFC/M23 kudacika intege no gukomeza kwitanga.

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’ihuriro AFC/M23, Gen. Sultani Makenga, yatangaje ko intambara barimo kurwana n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igeze mu cyiciro gikomeye,...

Amagambo ya Gen. Sylvain Ekenge yibasira Abatutsi akomeje guteza impaka, nyuma yuko yatangiye kugira ingaruka zikomeye.

Mu cyumweru gishize, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kugerwaho n’impaka zikomeye zishingiye ku magambo yavuzwe n’Umuvugizi w’Ingabo za FARDC, Gen. Maj. Sylvain Ekenge...

Intambara yo muri RDC yahyize igisirikare cy’u Burundi mu mazi abira, Leta ihita ifungira inzira abasirikare batoroka.

Guverinoma y’u Burundi yafashe ingamba zikakaye zo kugenzura no kugabanya umubare w’abasirikare b’igihugu batoroka igisirikare bagahungira mu mahanga, mu gihe intambara ikomeje mu burasirazuba...

Intambara yahinduye isura: Ingabo za Ukraine zagabye igitero simusiga ku rugo rwa Perezida Putin nyuma yuko u Burusiya Moscow bwigaruriye uduce 32

Intambara imaze imyaka hafi itatu ihanganishije u Burusiya na Ukraine yongeye gufata indi ntera, nyuma y’uko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, atangaje...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img