18.4 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeAmakuruDNA irabikoze ! uyu mugabo arabigira ate abana bane bose

DNA irabikoze ! uyu mugabo arabigira ate abana bane bose

Date:

Related stories

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe...

“Urugamba Rurakomeje”: Corneille Nangaa Atanze Ubutumwa ku Isabukuru y’Imyaka Ibiri ya AFC/M23

Mu mashusho yashyizwe ahagaragara kuri Twitter (X), Corneille Nangaa,...

AFC/M23 yahaye u Burundi isezerano rikomeye nyuma y’igihe gito bweruye bukavuga ko bushobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda

Mu gihe umwuka w’intambara n’umutekano muke bikomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, ihuriro rya AFC/M23 ryatanze isezerano rikomeye ku Burundi, rivuga ko ritazigera ryemera ko imitwe irwanya ubutegetsi bwabwo yifashisha uduce rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’ibirindiro byo guhungabanya umutekano w’icyo gihugu.  Iri sezerano ryatanzwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu bihe byihariye aho u Burundi bwari bumaze gutangaza ku mugaragaro ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda.  AFC/M23 yavuze ko yubaha ihame ryo kubana neza n’ibihugu bituranye, kandi ko idashaka ko intambara zo mu karere zarushaho kwaguka. Yashimangiye ko uduce igenzura tutazigera duhinduka indiri y’imitwe yitwaje intwaro igamije guhungabanya umutekano w’u Burundi cyangwa w’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose.  Aya magambo ya AFC/M23 yakurikiye igikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza, iri ihuriro rya AFC/M23 ryafashije impunzi z’Abarundi zari zarahungiye mu burasirazuba bwa Congo gusubira mu gihugu cyazo ku bushake....
spot_imgspot_img

Bwana Kola, ukomoka Ikire muri Leta ya Osun muri Nigeria, n’umugore we Toyin Arike, bafite abana 4 harimo Ayomide w’imyaka 16, Sarah w’imyaka 12, n’abandi bana babiri bafite imyaka 8 na 5 bakurikirana.

Get a Professional Website at Promo Price

Start My Website

Uyu mugabo w’imyaka 44 ari mu marira nyuma yo gupimisha abana be DNA agasanga abana bose yareze aziko ari abo yabyaranye n’umugore, atari abe.

Ibizamini bya DNA byakozwe ku bana bose uko ari 4 mu kigo cya DDC DNA Diagnositic centre kiri i Alakoko, Osogbo, ibisubizo byagaragaje ko Bwana Kola atari Se w’abana bose.

Nyina w’abana akaba n’umuganga, yagize icyo avuga kuri ibi bisubizo, yagize ati:” Sinemera ibyavuye mu isuzuma. Ntabwo mbyemera kubera ko ntari mpari igihe bafataga ibizamini kandi sinzi n’icyo bafataga, ntabwo mbyemera. Sinshobora kubyemera kuko nzi uko nabyaye abana bange”.

Bivugwa ko umuvandimwe we Segun, ariwe Se waba bana uyu mugabo yareraga. Ndetse ngo iki nicyo kiri kubabaza uyu mugabo cyane kuba umuvandimwe we ariwe wamubyariye.

Latest stories

spot_img