33.6 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeAmakuruGabon: Ali Bongo yatorowe kongera kuyobora iki gihugu

Gabon: Ali Bongo yatorowe kongera kuyobora iki gihugu

Date:

Related stories

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Madamu wa Perezida Kim Keon Hee yakatiwe igifungo azira ruswa

  Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Kim Keon Hee,...
spot_imgspot_img

Amakuru yashyizwe hanze na Komisiyo y’Amatora muri Gabon mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu agaragaza ko Albert Ondo Ossa wari uhatanye na Ali Bongo yagize amajwi 30.77%.

Nubwo Ali Bongo yegukanye intsinzi, aya matora yabaye mu cyumweru gishize akomeje kunengwa na benshi bitewe n’uko nta ndorerezi mpuzamahanga zayagaragayemo ndetse mu gihe yabaga internet ikaza gufungwa.

Ali Bongo yagiye ku butegetsi muri Gabon mu 2009, ubwo yasimburaga se Omar Bongo wari umaze kwitaba Imana. Mu 2016 yaje kwegukana manda ya kabiri nyuma yo gutsinda amatora n’amajwi 50.66%.

Hashingiwe ku Itegeko Nshinga ryavuguruwe mu 2017, ubu Ali Bongo yemerewe kwiyamamaza inshuro zose ashaka.

Latest stories

spot_img