33.6 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeAmakuruHamissa yatangaje umusore bakundana

Hamissa yatangaje umusore bakundana

Date:

Related stories

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Madamu wa Perezida Kim Keon Hee yakatiwe igifungo azira ruswa

  Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Kim Keon Hee,...
spot_imgspot_img

Hamisa Mobetto yashimiye umukunzi we wo muri afurika y’uburengerazuba wamuguriye telephone iri mu bwoko bwa iPhone 15s .abinyujije kumbuga ze nkoranyambaga , yagaragaje uburyo amukunda kandi amwubaha .

Telefone yazanye n’ururabo rw’iroza rugaragaza uburyo uyu mugabo  yakunze Hamissa Mobetto , abicishije mu ndirimbo yaravuze ati:”urakoze mugabo wange ”.

Hamissa Mobetto wagiye urangwa no gukunda abagabo b’abakire , yatangaje ko akunda cyane umugabo we . Muri mata uyu mwaka yagiye arangwa n’akanyamuneza kubera urukundo uyu mugabo yamugaragarije . Hamissa ntago yatewe ipfunywe no kuba akunda amafaranga kuko yagize ati :”amafaranga atuma nishima .”yakomeje avuga ko amafaranga atuma umuntu yumva atekanye , buri kimwe umuntu akenera , byose abigeraho binyuriye mu mafaranga .

Hamissa yatangaje kandi ko yahawe imodoka ya Range Rover n’umukunzi we Nyina wa Hamissa Mobetto yakiriye umukwe we nk’umwami , yishimiye ko umukobwa we nibura yabona umugabo wamukunze uko aria ho kumutesha umutwe.

Latest stories

spot_img