22.7 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeHaribazwa irengero rya Eric Semuhungu wavuzweho gufata kungufu ingimbi itaruzuza imyaka 18

Haribazwa irengero rya Eric Semuhungu wavuzweho gufata kungufu ingimbi itaruzuza imyaka 18

Date:

Related stories

“Urugamba Rurakomeje”: Corneille Nangaa Atanze Ubutumwa ku Isabukuru y’Imyaka Ibiri ya AFC/M23

Mu mashusho yashyizwe ahagaragara kuri Twitter (X), Corneille Nangaa,...

AFC/M23 yahaye u Burundi isezerano rikomeye nyuma y’igihe gito bweruye bukavuga ko bushobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda

Mu gihe umwuka w’intambara n’umutekano muke bikomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, ihuriro rya AFC/M23 ryatanze isezerano rikomeye ku Burundi, rivuga ko ritazigera ryemera ko imitwe irwanya ubutegetsi bwabwo yifashisha uduce rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’ibirindiro byo guhungabanya umutekano w’icyo gihugu.  Iri sezerano ryatanzwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu bihe byihariye aho u Burundi bwari bumaze gutangaza ku mugaragaro ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda.  AFC/M23 yavuze ko yubaha ihame ryo kubana neza n’ibihugu bituranye, kandi ko idashaka ko intambara zo mu karere zarushaho kwaguka. Yashimangiye ko uduce igenzura tutazigera duhinduka indiri y’imitwe yitwaje intwaro igamije guhungabanya umutekano w’u Burundi cyangwa w’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose.  Aya magambo ya AFC/M23 yakurikiye igikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza, iri ihuriro rya AFC/M23 ryafashije impunzi z’Abarundi zari zarahungiye mu burasirazuba bwa Congo gusubira mu gihugu cyazo ku bushake....

Nduhungirehe ashinja ibihugu by’Iburengerazuba guhuma amaso ku bitero bya FARDC muri Minembwe

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yanenze bikomeye...

Ndayishimiye araburira Afurika: Ibihugu byari bihamye biri mu bibazo bikomeye bitewe n’akababaro k’Urubyiruko rw’aba-Gen Z

  Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yatangaje ko ikibazo cy’imyigaragambyo...
spot_imgspot_img

Kugeza ubu ni igihe kingana n’amezi atandatu, abakunzi ba Semuhugu Eric bibaza aho uyu musore yarengeye, dore ko atakigaragara kumbugankoranyambaga zose ya koreshaga.

Get a Professional Website at Promo Price

Start My Website

Dukoze iyi nkuru kubera ko ibura ry’uyu musore rije rikurikira amakuru aherutse gutangazwa ku miyoboro itandukanye ya YouTube mu mezi ashize, avuga ko yaba afunzwe nyuma yo kuvugwaho ko yaba yarafashe kungufu ingimbi itaruzuza imyaka 18.

Icyo gihe byavuzwe ko uwo yafashe kungufu yabanje kumusindisha akoresheje inzoga maze amufata ku ngufu. Mubiganiro byagiye bivugwa ku rubuga rwa X mu bizwi nka Space, byavuzwe hari umuhanzi w’umunyarwanda usanzwe aba mu leta z’unze ubumwe za America ari naho Semuhungu yari aherereye, yaba ariwe wamufungishije gusa uyu musore yaje kubyamaganira kure ko ataribyo.

Nyuma y’ibyo byose byakomeje kuvugwa, nta makuru y’urwego urwarirwo rwose rwemeje ko Semuhungu afunzwe ariko hari abemezaga ko bagiye bamusura aho afungiye muri icyo gihugu.Nyuma yaho hari ibindi byavuzwe ko yaba yaroherejwe muri Afurika y’Epfo kuko ngo ariho yaba yafatiye urwandiko rw’inzira (pass Port) yamugejeje muri iki gihugu.

Tubibutse ko hari makuru yavuzwe ko yaba yaroherejwe mu Rwanda yirukanwe muri Amerika aho yaratuye, none ubu akaba ariho yaba afungirwa ariko ibyo byose ni ibyavuzwe nta gihamya. Igikomeje kwibazwa rero mu ruhando rw’imyidagaduro ni aho yaba aherereye niba afungiwe koko muri Amerika cyangwa se niba hari ahandi ari!

Ubusanzwe uyu musore Eric Semuhungu yamenyekanye ubwo yasezeranaga kubana nk’umugore n’umugabo n’umuzungu bahuje igitsina witwa Ryan Hargrave nyuma akaza gupfa.Uyu musore yagiye abyiyemerera ko ari umutinganyi.

Eric Semuhungu yamenyekanye ubwo yasezeranaga kubana nk’umugore n’umugabo n’umuzungu bahuje igitsina witwa Ryan Hargrave

 

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here