33.6 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026

Breaking news:

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye Allan Kasujja umwe mu bayobozi bakuru ba Leta, amuha inshingano zo kuyobora Media Centre nk’Umuyobozi Mukuru...

Twirwaneho ivuga ko hari imyiteguro y’ibitero ku Banyamulenge mu misozi miremire ya Kivu y’Amajyepfo

  Umutwe wa MRDP–Twirwaneho watangaje impuruza ku byo uvuga ko ari imyiteguro y’ibitero bikomeje gukorwa n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

DRC: Leta ya Perezida Félix yamaze guhagarika internet muri Uvira

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakupye internet mu mujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu...

Bobi Wine atangaje ikintu gikomeye agiye gukorera Perezida Museveni abaturage ba Uganda bakoma amashyi

­­­Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Bobi Wine, yatangaje ko atazajyana mu nkiko ngo avuguruze ibyavuye mu matora...

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Madamu wa Perezida Kim Keon Hee yakatiwe igifungo azira ruswa

  Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Kim Keon Hee,...

Other news

Latest Articles

Eddy Kenzo yagizwe umuyobozi w’ihuriro ry’abahanzi muri Uganda

Mu gihe mu Rwanda bikigoranye ko ihuriro ry’abahanzi ryahabwa imbaraga ku buryo bafatanya guteza imbere uruganda rw’umuziki, mu bindi bihugu bakomeje kubibona nk’inzira yatuma...

Umujyi wa Kigali wasubitse siporo rusange kubera impamvu ikomeye cyane yagarutsweho n’Abanyarwanda hafi ya bose.

Umujyi wa Kigali wasubitse siporo rusange ya ’Car Free Day’ yari iteganyijwe kuba ku Cyumweru, tariki ya 7 Gicurasi 2023, mu kuzirikana abibasiwe n’ibiza...

Umwami Charles III w’u Bwongereza na Camilla bimitswe mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame

Ubwami bw’u Bwongereza bwabonye Umwami mushya, Charles III, wimitswe hamwe n’Umugore we Camilla nawe wambitswe ikamba ry’Ubwamikazi mu muhango wabereye mu Ngoro ya Westminster...

Perezida Kagame na Col Doumbouya wa Guinée bakurikiye isinywa ry’amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi

Perezida Paul Kagame yasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga muri Guinée, agaragaza ko ubufatanye bw’ibihugu byombi ari ingenzi kuko nta gihugu cyabasha kwigeza ku iterambere...
- Advertisement -

Twese dufite ibibazo ariko dufatanyije ntacyatunanira – Perezida Kagame abwira Abaturage ba Guinée Conakry

Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko muri Guinée Conakry, yatangaje ko ibihugu bya Afurika byose bifite ibibazo byihariye ariko ko habayeho ubufatanye nta na...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel