22.9 C
Africa
Woensdag, April 8, 2026

Breaking news:

FARDC n’ingabo z’u Burundi zirashinjwa gukomeza ibitero no gusahura mu baturage b’Abanyamulenge i Ndondo

Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Ndondo, kari muri grupema ya Bijombo mu teritwari ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo, arerekana ko umutekano ukomeje kuzamba...

Tshisekedi yasabwe ibisobanuro ku kibazo cya FDLR: amahanga akomeje gusaba ingamba zifatika mu burasirazuba bwa RDC

Perezida Félix Tshisekedi ageze mu gihe gikomeye gisaba gusobanura neza aho ubuyobozi bwe buhagaze no kugaragaza inshingano ze ku kibazo kimaze igihe kirekire cy’umutekano...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Inkuru nziza itugezeho aka kanya: Impinja ebyiri zimaze iminsi itatu mu Kivu zarohowe ari nzima

Mu buryo bw’igitangaza, abana babiri b’impinja batabawe nyuma yo kubabona bareremba mu Kiyaga cya Kivu, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), biturutse ku...

Hamenyekanye amakuru atari meza ku bantu bahanutse ku igorofa ya 2 I Nyabugogo mu mubyigano w’abashakaga gusuhuza Perezida Kagame

Umujyi wa Kigali watangaje ko abantu 12 bakomeretse ubwo bahanukaga ku igorofa rya kabiri ahazwi nko ku Mashyirahamwe i Nyabugogo, bashaka kureba Umukuru w’Igihugu...

Twahirwa wa Moshions yahaye ukuri urukiko yemeza amakuru y’ibyamuvuzweho avugako yabikoreye mu butaliyani  

Twahirwa Moses washinze inzu imurika ikanakora imideri ya Moshions ubwo yagezwaga imbere y’urukiko ngo aburane ku byaha ashinjwa birimo gukoresha ibiyobyabwenge no gukoresha inyandiko...

Uganda: Inkende yatawe muri yombi yambikwa amapingu nyuma yo gufatwa isenya inzu y’umuturage

Ku mbuga nkoranyambaga , hakomeje gusakara amafoto y’inkende yatawe muri yombi izira gusakambura amabati yari asakaye ku nzu. Mu mashusho yafashwe agaragaza inkende yari iri...
- Advertisement -

Itariki yageze: Nyampinga w’u Rwanda 2020, Nishimwe Naomie yaba agiye gukora ubukwe mu ibanga?

Nyampinga w’u Rwanda 2020, Nishimwe Naomie yateye utwatsi iby’amakuru y’ubukwe bwe n’umukunzi we, Michael Tesfay yanugwanugwaga. Amakuru avuga ko uyu mukobwa wegukanye ikamba rya Nyampinga...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel