Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Ndondo, kari muri grupema ya Bijombo mu teritwari ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo, arerekana ko umutekano ukomeje kuzamba...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yashimiye mu buryo budasanzwe abakinnyi b’ikipe y’igihugu, Les Léopards, nyuma yo kubona itike...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko kugeza muri Mata 2024 nta muntu uzaba akibarurwa mu batuye mu manegeka mu Mirenge ya Muhima, Gitega, Rwezamenyo...
Imvura idasanzwe yangije umuhanda mu nini wa Masaka . Iyi mvura ikaba yatangiye kugwa isaa kumi n’ebyiri za mugitondo ,iyi mvura kandi ikaba yatumye...
Abantu babiri barimo Derrick Irutingabo bapfuye abandi batanu barakomereka, nyuma yo kurasirwa mu birori by’isabukuru mu Majyepfo ya California muri Leta zunze Ubumwe za...