25.7 C
Africa
Dinsdag, April 7, 2026

Breaking news:

FARDC n’ingabo z’u Burundi zirashinjwa gukomeza ibitero no gusahura mu baturage b’Abanyamulenge i Ndondo

Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Ndondo, kari muri grupema ya Bijombo mu teritwari ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo, arerekana ko umutekano ukomeje kuzamba...

Tshisekedi yasabwe ibisobanuro ku kibazo cya FDLR: amahanga akomeje gusaba ingamba zifatika mu burasirazuba bwa RDC

Perezida Félix Tshisekedi ageze mu gihe gikomeye gisaba gusobanura neza aho ubuyobozi bwe buhagaze no kugaragaza inshingano ze ku kibazo kimaze igihe kirekire cy’umutekano...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Turahirwa Moses atunguye Abanyarwanda benshi kubera ibyo akoze akigera mu rukiko bwa mbere

Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions yemeye icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, avuga ko yanywaga urumogi ari mu Butaliyani mu gihe gikabakaba imyaka ibiri...

Perezida w’Inama y’Abepisikopi mu Rwanda yizihije isabukuru y’Imyaka  10 ahawe inkoni y’Ubushumba

Arikiyepisikopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yizihije isabukuru y’imyaka 10 ishize ahawe ubutumwa bwo kuba ‘Umwepiskopi’, mu nshingano yatangiriye muri Diyosezi ya Kibungo. Tariki 7...

Eddy Kenzo yagizwe umuyobozi w’ihuriro ry’abahanzi muri Uganda

Mu gihe mu Rwanda bikigoranye ko ihuriro ry’abahanzi ryahabwa imbaraga ku buryo bafatanya guteza imbere uruganda rw’umuziki, mu bindi bihugu bakomeje kubibona nk’inzira yatuma...

Umujyi wa Kigali wasubitse siporo rusange kubera impamvu ikomeye cyane yagarutsweho n’Abanyarwanda hafi ya bose.

Umujyi wa Kigali wasubitse siporo rusange ya ’Car Free Day’ yari iteganyijwe kuba ku Cyumweru, tariki ya 7 Gicurasi 2023, mu kuzirikana abibasiwe n’ibiza...
- Advertisement -

Umwami Charles III w’u Bwongereza na Camilla bimitswe mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame

Ubwami bw’u Bwongereza bwabonye Umwami mushya, Charles III, wimitswe hamwe n’Umugore we Camilla nawe wambitswe ikamba ry’Ubwamikazi mu muhango wabereye mu Ngoro ya Westminster...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel