29.3 C
Africa
Dinsdag, April 7, 2026

Breaking news:

FARDC n’ingabo z’u Burundi zirashinjwa gukomeza ibitero no gusahura mu baturage b’Abanyamulenge i Ndondo

Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Ndondo, kari muri grupema ya Bijombo mu teritwari ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo, arerekana ko umutekano ukomeje kuzamba...

Tshisekedi yasabwe ibisobanuro ku kibazo cya FDLR: amahanga akomeje gusaba ingamba zifatika mu burasirazuba bwa RDC

Perezida Félix Tshisekedi ageze mu gihe gikomeye gisaba gusobanura neza aho ubuyobozi bwe buhagaze no kugaragaza inshingano ze ku kibazo kimaze igihe kirekire cy’umutekano...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Uganda: Umuturage yatunguye Perezida Museveni amusaba kumugurira inkweto

Igikorwa cyabereye muri Uganda cyatangaje benshi nyuma y’uko umuturage witwa Imam Seruwo asabye Perezida Yoweri Kaguta Museveni kumugurira inkweto, avuga ko izo yari yambaye...

Inkuru ibabaje Nigeria, Anthony Joshua yakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yahitanye abantu babiri

  Icyamamare ku rwego mpuzamahanga mu mukino w’iteramakofi, Anthony Joshua, yakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yabereye muri Nigeria, igahitana abantu babiri, nk’uko byemejwe na Polisi yo...

“Ntabwo twari twabuze ahandi tujya” – Khalifan na Oxygen basubije abakomeje kubasebya ku nzu bakoresheje barimo kwirega

    Umuraperi Khalifan Govinda n’umuhanzikazi Oxygen batangaje ko bababajwe cyane n’amagambo yuzuyemo gusebanya n’agasuzuguro bakomeje kubona ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo gushyira hanze amafoto y’ibirori...

Djihad ahakana ibyaha aregwa mu bujurire, umwanzuro w’urukiko utegerejwe ku wa 5 Mutarama

  Urukiko rw’Isumbuye rwa Nyarugenge rwatangaje ko ku wa 5 Mutarama 2026 ari bwo ruzasoma umwanzuro wa nyuma ku bujurire bw’abaregwa mu rubanza rujyanye no...
- Advertisement -

FARDC yitandukanyije n’imvugo zibiba urwango: Gen. Sylvain Ekenge wari Umuvugizi w’Ingabo ahabwa igihano cyazamuye impaka

Ubuyobozi bukuru bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bwatangaje ku mugaragaro ko butemera kandi bwamaganye amagambo yavuzwe n’Umuvugizi wa FARDC, Maj. Gen....

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel