36.2 C
Africa
Dinsdag, April 7, 2026

Breaking news:

FARDC n’ingabo z’u Burundi zirashinjwa gukomeza ibitero no gusahura mu baturage b’Abanyamulenge i Ndondo

Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Ndondo, kari muri grupema ya Bijombo mu teritwari ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo, arerekana ko umutekano ukomeje kuzamba...

Tshisekedi yasabwe ibisobanuro ku kibazo cya FDLR: amahanga akomeje gusaba ingamba zifatika mu burasirazuba bwa RDC

Perezida Félix Tshisekedi ageze mu gihe gikomeye gisaba gusobanura neza aho ubuyobozi bwe buhagaze no kugaragaza inshingano ze ku kibazo kimaze igihe kirekire cy’umutekano...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

RDC: Iyicwa ry’umunyamakuru wa RTNC wishwe mu buryo bubabaje cyane ryateje urujijo ryongera kuzamura impungenge

Umujyi wa Bunia, umurwa mukuru w’Intara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wongeye kwisanga mu gahinda n’ubwoba nyuma y’urupfu rubabaje rw’umunyamakuru Thierry...

Isuzumamikorere rya REB rihinduye imiyoborere y’amashuri: Abayobozi 890 b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye bavanwe mu nshingano bagirwa abarimu.

Isuzumamikorere ryimbitse ryakorewe abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye mu Rwanda ryagaragaje icyuho gikomeye mu miyoborere y’amashuri amwe n’amwe, bituma abayobozi 890 muri 5277 basuzumwe...

Nd’umwe mu bahanzi batsindiye ibihembo ku rwego mpuzamahanga_ Gloria Bugie yishongoye kuri bagenzi be

  Umuhanzikazi Gloria Bugie, uzwi nka Buggie, yatangaje ko yizeye adashidikanya ko ari umwe mu bahanzi batsindiye ibihembo ku rwego mpuzamahanga. Yavuze ko umurava n’impano...

RDC mu rungabangabo: FARDC ishinja aba hafi ya Perezida Tshisekedi kuyobora no gushyigikira inyeshyamba zayiciye abasirikare batanu.

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gutangaza amagambo akomeye ashinja bamwe mu bantu ba hafi ya Perezida Félix Tshisekedi kugira uruhare...
- Advertisement -

U Rwanda n’u Burundi byafashe uruhande mu kibazo cya Somalia na Israel cyazamuye impaka zikomeye ku rwego mpuzamahanga

Ikibazo cy’itandukana rya Somalia n’Intara ya Somaliland cyongeye kuzamura impaka zikomeye ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’aho Leta ya Israel itangaje ko yemeye Somaliland nk’igihugu...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel