Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Ndondo, kari muri grupema ya Bijombo mu teritwari ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo, arerekana ko umutekano ukomeje kuzamba...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yashimiye mu buryo budasanzwe abakinnyi b’ikipe y’igihugu, Les Léopards, nyuma yo kubona itike...
Umuhanzikazi Gloria Bugie, uzwi nka Buggie, yatangaje ko yizeye adashidikanya ko ari umwe mu bahanzi batsindiye ibihembo ku rwego mpuzamahanga. Yavuze ko umurava n’impano...
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gutangaza amagambo akomeye ashinja bamwe mu bantu ba hafi ya Perezida Félix Tshisekedi kugira uruhare...
Ikibazo cy’itandukana rya Somalia n’Intara ya Somaliland cyongeye kuzamura impaka zikomeye ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’aho Leta ya Israel itangaje ko yemeye Somaliland nk’igihugu...