32.6 C
Africa
Dinsdag, April 7, 2026

Breaking news:

FARDC n’ingabo z’u Burundi zirashinjwa gukomeza ibitero no gusahura mu baturage b’Abanyamulenge i Ndondo

Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Ndondo, kari muri grupema ya Bijombo mu teritwari ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo, arerekana ko umutekano ukomeje kuzamba...

Tshisekedi yasabwe ibisobanuro ku kibazo cya FDLR: amahanga akomeje gusaba ingamba zifatika mu burasirazuba bwa RDC

Perezida Félix Tshisekedi ageze mu gihe gikomeye gisaba gusobanura neza aho ubuyobozi bwe buhagaze no kugaragaza inshingano ze ku kibazo kimaze igihe kirekire cy’umutekano...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

“Indabo Zanjye” si iza The Ben? Amavu n’amavuko y’ubutumwa bukomeje kuvugisha benshi

  Mu gihe ihangana ryo mu muziki nyarwanda hagati ya The Ben na Bruce Melodie rikomeje gufata indi ntera, cyane cyane biteganyijwe ko bazahurira ku...

Icyumba cya Rap cyahaye ijambo abaraperikazi_Young Grace na Fifi Raya banyurwa n’urukundo bagaragarijwe

  Abahanzikazi bakora injyana ya Hip Hop mu Rwanda, Young Grace na Fifi Raya, bagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo gutaramira abakunzi b’iyi njyana mu gitaramo...

RDC: Igisubizo cyazamuye urujijo mu baturage Leta yahaye Kiliziya Gatolika itumva ukuntu Perezida Tshisekedi yagwatirije ibirombe byose imyaka 99

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatanze igisubizo gikakaye ku magambo aherutse gutangazwa na Kiliziya Gatolika, aho yagaragaje impungenge ku masezerano ajyanye...

Urupfu rutunguranye rw’umugabo wapfiriye mu mwobo wahoze ari ubwiherero rwasize benshi mu rujijo

Abaturage bo mu Murenge wa Sake, mu Karere ka Ngoma, bakiri mu gahinda n’urujijo nyuma y’inkuru y’incamugongo y’umugabo wapfiriye mu mwobo wahoze ari ubwiherero,...
- Advertisement -

Walikale ikomeje kuba indiri y’Iterabwoba: Abaturage baratabaza AFC/M23 nyuma y’ibitero bikomeje bya FARDC, FDLR na Wazalendo

Teritwari ya Walikale, imwe mu zigize Intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje kugaragara nk’agace karimo umutekano muke...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel