25.7 C
Africa
Dinsdag, April 7, 2026

Breaking news:

FARDC n’ingabo z’u Burundi zirashinjwa gukomeza ibitero no gusahura mu baturage b’Abanyamulenge i Ndondo

Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Ndondo, kari muri grupema ya Bijombo mu teritwari ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo, arerekana ko umutekano ukomeje kuzamba...

Tshisekedi yasabwe ibisobanuro ku kibazo cya FDLR: amahanga akomeje gusaba ingamba zifatika mu burasirazuba bwa RDC

Perezida Félix Tshisekedi ageze mu gihe gikomeye gisaba gusobanura neza aho ubuyobozi bwe buhagaze no kugaragaza inshingano ze ku kibazo kimaze igihe kirekire cy’umutekano...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Ntukizere Imana gusa, reba uko Pastor ManKush akorera Miliyoni 2 buri Cyumweru, agafasha n’abatishoboye

  Pastor Kuria, uzwi nka ManKush, yafashe umwanya agira icyo avuga ku buryo yabaye umukire ashingiye ku butumwa bw’Imana. Mu kiganiro yagiranye n’uruhererekane rw’ibiganiro bikunzwe...

Amarorerwa Akomeje Kuvugwa muri Kivu y’Epfo Arushaho Gushyira mu Kaga Ubuzima bw’Abasivili

Mu Ntara ya Kivu y’Epfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, haravugwa amahano akomeje gukoma mu nkokora icyizere cy’abaturage bari basanzwe babayeho...

Uvira: AFC/M23 yihimuye kuri FARDC yaherukaga kurasa ubwato bayo bw’intambara ikanica abasirikare bayo.

Umutekano wakomeje kuzamba mu mujyi wa Uvira no mu bice biyikikije mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika...

Abafana b’i Hannover barakaye nyuma y’uko Element EleeeH atabonetse, bamwe basoza Noheli ari inkomere

  Ku wa 25 Ukuboza 2025, igitaramo cyari cyitezwe cyane muri Hannover, mu Budage, cyajemo imvururu nyuma y' uko Element EleeeH yabuze muri icyo gitaramo...
- Advertisement -

Imyaka 40 baratandukanye, umwana batari bazi arabahuza_Inkuru y’urukundo irimo isomo rikomeye 

  Mu 1967, Kevin Carroll na Debbie Webber bari ingimbi biga mu mashuri atandukanye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Bahujwe n’urukundo rw’ikinamico, bombi bakina...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel