23.8 C
Africa
Dinsdag, April 7, 2026

Breaking news:

FARDC n’ingabo z’u Burundi zirashinjwa gukomeza ibitero no gusahura mu baturage b’Abanyamulenge i Ndondo

Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Ndondo, kari muri grupema ya Bijombo mu teritwari ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo, arerekana ko umutekano ukomeje kuzamba...

Tshisekedi yasabwe ibisobanuro ku kibazo cya FDLR: amahanga akomeje gusaba ingamba zifatika mu burasirazuba bwa RDC

Perezida Félix Tshisekedi ageze mu gihe gikomeye gisaba gusobanura neza aho ubuyobozi bwe buhagaze no kugaragaza inshingano ze ku kibazo kimaze igihe kirekire cy’umutekano...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Amato y’intambara AFC/M23 yaherukaga kuzana ku rugamba yarashwe, abasirikare bari barimo bose bahasize ubuzima.

Ku wa Gatanu tariki ya 26 Ukuboza 2025, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zakoze igitero gikomeye ku mutwe w’inyeshyamba wa AFC/M23,...

RDC: AFC/M23 yakuwe mu mujyi yagenzuraga nyuma y’imirwano ikaze cyane?

Ku wa 25 Ukuboza 2025, ihuriro ry’abarwanyi rya AFC/M23 ryavuye muri santere ya Makobola, iherereye mu karere ka Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo,...

Noheli yari iya kera! Impumeko y’Abanya-Kigali kuri Noheli ya 125 mu Rwanda yasize ishusho itandukanye n’iyo bari basanzwe bamenyereye.

Umunsi mukuru wa Noheli usanzwe ufatwa nk’igihe cy’ibyishimo, gusangira n’imiryango, gusohokera ahantu hatandukanye no kugura byinshi, ariko kuri benshi mu Banya-Kigali, Noheli y’uyu mwaka...

“Arenze kuririmba gusa” — Minisitiri Nduhungirehe ashimangira igikundiro cya Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye ku nshuro ya kabiri

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko umuhanzi Israel Mbonyi arenze kuba umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, nyuma yo kongera...
- Advertisement -

Ukuri ku cyihishe inyuma y’itabwa muri yombi rya Gen. Padiri Muhizi wa FARDC rikomeje guteza impaka n’ibibazo byinshi mu nzego za gisirikare

Itabwa muri yombi rya General Major Padiri Muhizi Jonas, Komanda w’Akarere ka 11 ka Gisirikare ka FARDC, rikomeje guteza impaka n’ibibazo byinshi mu nzego...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel