22.9 C
Africa
Woensdag, April 8, 2026

Breaking news:

FARDC n’ingabo z’u Burundi zirashinjwa gukomeza ibitero no gusahura mu baturage b’Abanyamulenge i Ndondo

Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Ndondo, kari muri grupema ya Bijombo mu teritwari ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo, arerekana ko umutekano ukomeje kuzamba...

Tshisekedi yasabwe ibisobanuro ku kibazo cya FDLR: amahanga akomeje gusaba ingamba zifatika mu burasirazuba bwa RDC

Perezida Félix Tshisekedi ageze mu gihe gikomeye gisaba gusobanura neza aho ubuyobozi bwe buhagaze no kugaragaza inshingano ze ku kibazo kimaze igihe kirekire cy’umutekano...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Byari bimaze igihe kirekire _ Impamvu The Ben yafashe umwanzuro wo gusubiza Bruce Melodie,abantu bagatungurwa

  Nyuma y’imyaka myinshi acecetse ku magambo yamuvugwagaho, umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yafashe icyemezo cyo gusubiza Bruce Melodie, ibintu byatunguranye ariko bifite...

Sheebah Karungi arusha benshi mu bahanzi b’abagabo biyita ko bakomeye_ Nalebo yateje impaka mu muziki wa Uganda

  Apostle Jonathan Nalebo yatangaje amagambo yakomeje guteza impaka mu bakunzi b’umuziki wo muri Uganda, aho yavuze ko umuhanzi w’umukobwa Sheebah Karungi yarenze kure benshi...

Israel Mbonyi yongeye kwerekana ko ijambo rye rifite imbaraga mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana

  Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, ari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo guca agahigo ko gucuruza amatike 10.300 mu gitaramo cye...

Nkunda abana ariko gutwita bintera ubwoba– Umuhanzikazi yatunguye benshi avuga ku mpungenge ze n’ubwigenge ashaka

    Umuhanzikazi Belinda Niwabo uzwi ku izina rya Kin Bella yatangaje ko n’ubwo akunda cyane abana kandi yifuza kuzaba umubyeyi, igitekerezo cyo gusama kimutera ubwoba...
- Advertisement -

Impaka zikaze ku Kirango “Visit Rwanda”: Abaturage 20 batawe muri yombi, Minisitiri Nduhungirehe arahaguruka.

Ku wa 24 Ukuboza 2025, umujyi wa Kindu mu Ntara ya Maniema wateye intambwe itunguranye mu bijyanye n’imyambarire y’abaturage ubwo Meya wawo, Augustin Atiku...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel