25.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomePolitikeIbyo Justin Bitakwira yasabye Mai Mai gukorera agace ka Minembwe byababaje  Abanyamulenge...

Ibyo Justin Bitakwira yasabye Mai Mai gukorera agace ka Minembwe byababaje  Abanyamulenge bose

Date:

Related stories

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Madamu wa Perezida Kim Keon Hee yakatiwe igifungo azira ruswa

  Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Kim Keon Hee,...
spot_imgspot_img

Justin Bihona wigezeho kuba Minisitiri w’amajyambere muri RDC akomeje kuvugwaho amacakubiri mu Banyekongo aho  akomeje guhamagarira inyeshyamba za Mai mai gusenya agace ka Minembwe gasanzwe gatuweho n’abiganjemo Abanyamulenge.

Amakuru agera kuri Corridorreport.com avuga ko uyu mugabo yatangaje ibi ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza aherekejwe na Mai mai,aho yabakanguriye gutera umujyi wa Minembwe mu rwego rwo kuwusenya kuko ngo bashyigikiwe na guverinoma.

Avuze ibi mu gihe aba baturage nabo bashinja Leta ya Congo kubatererana iyo bagabweho ibitero n’imitwe yitwaje intwaro no guhonyora uburenganzira

bwabo nk’abenegihugu. Justin Bitakwira, uziwiho kubiba urwango mu moko aturiye Kivu yamajy’Epfo, akaba azwiho kandi kuba umujyanama mukuru wa Mai Mai iyobowe na ya Kutumba.

Ari mubantu baheruka gufatirwa ibihano nubumwe bw’Uburaya azira ko akunze gukoresha amagambo abiba inzangano muntara ya Kivu yamajy’Epfo.

Ku rukuta twa X ,rwa Twirwaneho, hagaragaraho uyu Bitakwira yigamba ko ariwe wakomanyirije agace ka Minembwe agahagarika kompanyi za transiporo zajyaga muri ibyo bice

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here