25.1 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeAmakuruItariki yageze: Nyampinga w’u Rwanda 2020, Nishimwe Naomie yaba agiye gukora ubukwe...

Itariki yageze: Nyampinga w’u Rwanda 2020, Nishimwe Naomie yaba agiye gukora ubukwe mu ibanga?

Date:

Related stories

“Abatutsi Baremewe Kwicwa?”: Ubutumwa bukomeye bwa Obadioas Kavune ku mahanga n’imiryango mpuzamahanga.

Mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki ya 16 Ukuboza 2025, ijwi rikomeye ryongeye kugaruka ku bibazo by’umutekano n’uburenganzira bwa muntu mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.  Obadioas Kavune, umunyabwenge n’Umunyamulenge uzwiho kugaragaza ibitekerezo byimbitse ku mateka n’akarengane karanze ubuzima bw’Abatutsi bo muri Congo, yatanze ubutumwa bukomeye abinyujije kuri MCN, abugenera amahanga n’imiryango mpuzamahanga.  Mu magambo arimo intimba n’uburakari, Kavune yabajije ikibazo gikomeye gikomeje kwibazwa na benshi: “Ese Abatutsi bo muri Congo baremewe gupfa?” Iki kibazo ntiyagitanze nk’ikirimo amarangamutima gusa, ahubwo yagishingiye ku mateka maremare y’ubwicanyi, itotezwa n’ihohoterwa byagiye bikorwa ku Batutsi mu bihe bitandukanye, amahanga akenshi akabirebera cyangwa akabyirengagiza.  Kavune yagaragaje ko mu gihe isi ikomeza kwigira umuvugizi w’uburenganzira bwa muntu, hari abaturage bamwe bagaragaye nk’abadakorwaho, naho abandi bakemererwa gupfa ntawe ubavugiye. Yavuze ko guceceka kw’amahanga ku bikorerwa Abatutsi bo muri Congo atari impanuka, ahubwo ari ihitamo rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu.  Agaruka ku mateka ya kera, Kavune yibukije ko mu 1964, mu mvururu zari ziyobowe na Pierre...

RDC igiye gushyiraho sisiteme nshya, ihuriweho kandi y’ikoranabuhanga mu gusuzuma indwara

  Mu rugendo rwo kunoza serivisi z’ubuvuzi no kongera ireme...

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe...
spot_imgspot_img

Nyampinga w’u Rwanda 2020, Nishimwe Naomie yateye utwatsi iby’amakuru y’ubukwe bwe n’umukunzi we, Michael Tesfay yanugwanugwaga.

Get a Professional Website at Promo Price

Chat on WhatsApp

Amakuru avuga ko uyu mukobwa wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020 ndetse n’umukunzi we bamaze igihe bakundana barimo kwitegura ubukwe mu ibanga rikomeye.

Aba bombi nk’uko babanje kugira ubwiru iby’urukundo rwabo, bahisemo n’ubukwe kubutegura mu ibanga aho bivugwa ko buri mu Kuboza 2023.

Aganira n’ikinyamakuru ISIMBI, Miss Nishimwe Naomie yavuze ko iby’ubwo bukwe atabizi ndetse ko nta n’ubuhari.

Ati “Ngaho! Reka reka rwose ayo makuru siyo. “

Miss Nishimwe Naomie na Michael Tesfay muri Mata 2022 nibwo beruye ko bakundana, ni nyuma y’uko Nishimwe Naomie ufite inzu y’imideli afatanyije n’abavandimwe be ya Zöi, atakunze gushyira hanze cyane ubuzima bwe bw’urukundo.

Michael Tesfay wegukanye umutima we akaba ari umusore ufite impamyabumenyi y’icyiciro cya 3 cya Kaminuza mu by’ubuvuzi yakuye mu Bwongereza.

Aganira n’ikinyamakuru ISIMBI, Miss Nishimwe Naomie yavuze ko iby’ubwo bukwe atabizi ndetse ko nta n’ubuhari.

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here