Ese aya magambo miss wacu Jolie ari gukoresha aho ntawe muri rusange ari kubwira , ese urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rurarebera kuko ari umukobwa ubivuze cyangwa hari icyo ruri bukore.
Nyuma yo kwita abagabo ko ngo bamwe na bamwe ari inyana zimbwa , aya magambo nya gaciro yahawe turibaza ngo aya yo nayo aragenda gutya gusa .
Twibere ibirura” Mutesi Jolly yatangaje amagambo atuma Tijara Kabendera amusaba ko bakwibera ibirura abantu bakajya bareka kubamenyera
Mutesi Jolly abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yagize ati” Mu buzima ushobora kuba intama ukibera cishwa aha na hariya cyangwa se ukaba ikirura ugahangana”.
📰 Also Read This:
Aya magambo ya Mutesi Jolly yatitije imbuga nkoranya mbaga ndetse bamwe batangira kumusubiza, mu bamusubije harimo na Tijara Kabendera, Tijara yagize ati” twibere ibirura duhangane”.




