25.1 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeAmakuruKarahanyuze! Mu mafoto 13 reba ubuzima bwo hambere bwa Papa Legend OG...

Karahanyuze! Mu mafoto 13 reba ubuzima bwo hambere bwa Papa Legend OG na Dr Sam K bategura Miss Mulenge World.

Date:

Related stories

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe...

“Urugamba Rurakomeje”: Corneille Nangaa Atanze Ubutumwa ku Isabukuru y’Imyaka Ibiri ya AFC/M23

Mu mashusho yashyizwe ahagaragara kuri Twitter (X), Corneille Nangaa,...

AFC/M23 yahaye u Burundi isezerano rikomeye nyuma y’igihe gito bweruye bukavuga ko bushobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda

Mu gihe umwuka w’intambara n’umutekano muke bikomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, ihuriro rya AFC/M23 ryatanze isezerano rikomeye ku Burundi, rivuga ko ritazigera ryemera ko imitwe irwanya ubutegetsi bwabwo yifashisha uduce rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’ibirindiro byo guhungabanya umutekano w’icyo gihugu.  Iri sezerano ryatanzwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu bihe byihariye aho u Burundi bwari bumaze gutangaza ku mugaragaro ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda.  AFC/M23 yavuze ko yubaha ihame ryo kubana neza n’ibihugu bituranye, kandi ko idashaka ko intambara zo mu karere zarushaho kwaguka. Yashimangiye ko uduce igenzura tutazigera duhinduka indiri y’imitwe yitwaje intwaro igamije guhungabanya umutekano w’u Burundi cyangwa w’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose.  Aya magambo ya AFC/M23 yakurikiye igikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza, iri ihuriro rya AFC/M23 ryafashije impunzi z’Abarundi zari zarahungiye mu burasirazuba bwa Congo gusubira mu gihugu cyazo ku bushake....
spot_imgspot_img

Umunyarwanda yaciye umugani ngo « Amakoma ava ahakomeye» undi nawe yita umwana we ati: «Mvuyekure! »  ibi bishatse kuvuga ko mubuzima buri muntu wese agira ahahise he kandi ugasanga hatandukanye n’ubuzima agezeho ubu.

Get a Professional Website at Promo Price

Start My Website

Muri iyi inkuru yacu, tugiye kugaruka cyane kubasore babiri, bakunzwe kugarukwaho cyane muri Showbiz y’Abanyamulenge bazwi ku mazina ya Papa Legend OG ndetse na Dr Sam K.

Aba bavandimwe uko ari babiri, Umwe n’umusore ariko undi amakuru atugeraho avuga ko yaba afite umugore n’abana ba 2. Aba basore bambi bari mubakunzwe gushimwa cyane nabo mubwoko bw’Abanyamulenge kubera ibikorwa bakunze gutegura kenshi birimo ibifasha kuzamura impano z’urubyiruko Nyamulenge.

Niba kugeza ubu aba basore uko ari babiri utarabamenya neza, reka nkubaze, ese nibura waba ujya wumva irushanwa ry’ubwiza rya Miss Mulenge? Niba urizi cyangwa se uryumva ; ni abo basore babiri nyine baritegura.

Reka ndeke gutinda mu magambo nkwereke amafoto 13 nagushakiye yaba bagabo

Papa Legend OG Amaze kugera USA! aha ni munsi mike amaze gutera imbere
Nkabandi bose nawe yakuze akunda umuziki kandi agerageza no gushakamo amafaranga
Bari bakunze kwitabira ibirori binyuranye bakiba i Nairobi
Si ubu gusa Papa Legend Yambara neza, kuko na kera hose yari azi kwa mbara kandi ukabona aberewe
Jean Claude Kwizera uzwi nka Papa Legend OG, yakundaga kwiyita Johnson
Papa Legend akiri muto
Papa Legend OG akunda (yakundaga) Gusabana n’abandi

Latest stories

spot_img