39.8 C
Africa
Dinsdag, Februarie 3, 2026
HomeAmakuruKarahanyuze! Mu mafoto 13 reba ubuzima bwo hambere bwa Papa Legend OG...

Karahanyuze! Mu mafoto 13 reba ubuzima bwo hambere bwa Papa Legend OG na Dr Sam K bategura Miss Mulenge World.

Date:

Related stories

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Madamu wa Perezida Kim Keon Hee yakatiwe igifungo azira ruswa

  Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Kim Keon Hee,...
spot_imgspot_img

Umunyarwanda yaciye umugani ngo « Amakoma ava ahakomeye» undi nawe yita umwana we ati: «Mvuyekure! »  ibi bishatse kuvuga ko mubuzima buri muntu wese agira ahahise he kandi ugasanga hatandukanye n’ubuzima agezeho ubu.

Muri iyi inkuru yacu, tugiye kugaruka cyane kubasore babiri, bakunzwe kugarukwaho cyane muri Showbiz y’Abanyamulenge bazwi ku mazina ya Papa Legend OG ndetse na Dr Sam K.

Aba bavandimwe uko ari babiri, Umwe n’umusore ariko undi amakuru atugeraho avuga ko yaba afite umugore n’abana ba 2. Aba basore bambi bari mubakunzwe gushimwa cyane nabo mubwoko bw’Abanyamulenge kubera ibikorwa bakunze gutegura kenshi birimo ibifasha kuzamura impano z’urubyiruko Nyamulenge.

Niba kugeza ubu aba basore uko ari babiri utarabamenya neza, reka nkubaze, ese nibura waba ujya wumva irushanwa ry’ubwiza rya Miss Mulenge? Niba urizi cyangwa se uryumva ; ni abo basore babiri nyine baritegura.

Reka ndeke gutinda mu magambo nkwereke amafoto 13 nagushakiye yaba bagabo

Papa Legend OG Amaze kugera USA! aha ni munsi mike amaze gutera imbere
Nkabandi bose nawe yakuze akunda umuziki kandi agerageza no gushakamo amafaranga
Bari bakunze kwitabira ibirori binyuranye bakiba i Nairobi
Si ubu gusa Papa Legend Yambara neza, kuko na kera hose yari azi kwa mbara kandi ukabona aberewe
Jean Claude Kwizera uzwi nka Papa Legend OG, yakundaga kwiyita Johnson
Papa Legend akiri muto
Papa Legend OG akunda (yakundaga) Gusabana n’abandi

Latest stories

spot_img