39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeAmakuruMeya yasezeye ku mirimo ye nyuma yo gutwikirwa inzu ye

Meya yasezeye ku mirimo ye nyuma yo gutwikirwa inzu ye

Date:

Related stories

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...
spot_imgspot_img

Meya wa Saint Brevin Les Pins , muri komine ya Loire Atlantique wari ushinzwe poroje yo gutegura impunzi  zihungira , kutariki ya 10 yanditse ibaruwa isezera ku mirimo ye  nyuma yo gutwikirwa no kubona leta itamufasha.

Aragira ati :”ku wa  kabiri tariki ya 09 , nandikiye perefe wa Loire Atlantique ibaruwa isezera kuri posite ya meya wa Sinte Brevin Les Pins; Nafashe uyu mwanzuro kubera impamvu zange bwite , ndetse nkurikije n’uburyo inzu yange yatwitswemo , n’uburyo umuryango wange ubayeho .”

Inyubako ya meya ikaba yaratwitswe ku itariki ya 22 werurwe , ikaba yarahitanye imodoka 2 , n’igice cy’inyubako cyose cyikangirika , ariko nta muntu n’umwe wakomeretse cyangwa ngo apfe . Kurubu polisi ikaba iri gukurikirana iki kirego .

Akomeza agira ati :”Nubwo neguye bwose ariko mfitiye ikizere bagenzi bange dukorana ; ni ikipe ishoboye  , izakomeza guharanira ko uyu mujyi wacu ndetse n’abaturage bawo bagira umutekano.Mu myaka 15 maze nkorera uyu mujyi wacu harimo 10 maze ku bu meya , ndagiye kandi ndizera ko meya uzansimbura azakora neza.”

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here