39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeAmakuruMiss Mutesi Jolie yibasiwe n’umunyakuru nyuma yisomwa ry’urubanza rwa Prince Kid

Miss Mutesi Jolie yibasiwe n’umunyakuru nyuma yisomwa ry’urubanza rwa Prince Kid

Date:

Related stories

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...
spot_imgspot_img

Jean Paul Nkundineza yabaye umunyamakuru ku binyamakuru bitandukanye mu Rwanda nka Radio Ubuntu Butangaje, Voice of Africa ndetse yanandikiraga Umuseke.

umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yamaze igihe kingana n’umwaka , afungiwe muri gereza ya Ntsinda mu karere ka Rwamagana aho yashinjwagwa kwiba . Nyuma y’aho afunguriye rero dore noneho atangiye gutoteza abatangabuhamya .

nyuma yo gusoma imyanzuro y’urubanza rwaburanaga Prince Kid , umunyamakuru Jean Paul Nkundineza  abinyujije kuri 3DTV, yibasiye nyampinga w’uRwanda 2016 , Mutesi Jolie watanze amakuru kugirango abakobwa b’abanyarwanda badakomeza gukoreshwa nk’ibikoresho by’abagabo ngo kugirango bahabwe amakamba , dore ko hari n’abakoreshejwe kandi n’ayo makamba ntibayabone .

Umunyamakuru Nkundimana Jean Paul yagize ati :”yavuze  ko niba ashaka inyama za prince kid avuga bakazimuha. ”

Ese ibi birakwiye ko umuntu watanze amakuru yakwibasirwa bigeze aha .ese kuba prince kid ahawe igifungo cy’imyaka itanu yarenganyijwe , ese kuba yahamijwe ibyaha byaba birimo akagambane .ese nta bandi bantu bagomba kuryozwa iri sambanywa ry’abana b’abakobwa , mu nkuru itaha tuzabezaho ukuri kose .

Latest stories

spot_img