18.4 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeAmakuruMusanze : Abanyerondo bakubise umuntu kugeza ubwo apfuye

Musanze : Abanyerondo bakubise umuntu kugeza ubwo apfuye

Date:

Related stories

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe...

“Urugamba Rurakomeje”: Corneille Nangaa Atanze Ubutumwa ku Isabukuru y’Imyaka Ibiri ya AFC/M23

Mu mashusho yashyizwe ahagaragara kuri Twitter (X), Corneille Nangaa,...

AFC/M23 yahaye u Burundi isezerano rikomeye nyuma y’igihe gito bweruye bukavuga ko bushobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda

Mu gihe umwuka w’intambara n’umutekano muke bikomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, ihuriro rya AFC/M23 ryatanze isezerano rikomeye ku Burundi, rivuga ko ritazigera ryemera ko imitwe irwanya ubutegetsi bwabwo yifashisha uduce rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’ibirindiro byo guhungabanya umutekano w’icyo gihugu.  Iri sezerano ryatanzwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu bihe byihariye aho u Burundi bwari bumaze gutangaza ku mugaragaro ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda.  AFC/M23 yavuze ko yubaha ihame ryo kubana neza n’ibihugu bituranye, kandi ko idashaka ko intambara zo mu karere zarushaho kwaguka. Yashimangiye ko uduce igenzura tutazigera duhinduka indiri y’imitwe yitwaje intwaro igamije guhungabanya umutekano w’u Burundi cyangwa w’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose.  Aya magambo ya AFC/M23 yakurikiye igikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza, iri ihuriro rya AFC/M23 ryafashije impunzi z’Abarundi zari zarahungiye mu burasirazuba bwa Congo gusubira mu gihugu cyazo ku bushake....
spot_imgspot_img

Abanyerondo bafashe umusore bakekaga ko ari umujura baramukubita ubundi bamunyuza mu muhanda hagati imodoka iramugonga ahita apfa.

Get a Professional Website at Promo Price

Chat on WhatsApp

Ni impanuka yabereye kumuhanda Kigali -Musanze Rubavu , akagari ka gisesero , umurenge wa Busogo  mu karere ka Musanze aho bita ku ijana 1 ,Mbarimo mbazi Roland w’imyaka 21 y’amavuko wakekwaga ko yibye , nkuko abaturage babonye iyo mpanuka babidutangarije .

uyu Mbarimo mbazi Roland akaba yakekwagaho ibikorwa by’ubujura n’urugomo , abashinzwe irondo bamwambitse amapingo maze bagenda bamukubita harimo n’ushinzwe umutekano mu umudugudu wa gahanga witwa Ntirenganya , bose bashorera nyakwigendera bamujyanye kubiro by’umurenge wa Busogo bagenda bamukubita bikomeye maze nyakwigendera agira isereri agwa mu muhanda akubitana n’imodoka ihita imugonga .

Twashatse kumenya amakuru niba abashinzwe irondo bafite m’ uburenganzira bwabo kwambika umuntu amapingo cyangwa banemerewe kuyatunga gusa umuyobozi w’umurenge twamubuze kuri telefone ngo abidusobanurire.

Latest stories

spot_img