25.1 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeAmakuruMusanze: Umwana w’imyaka itatu yitabye Imana azize impanuka yabereye iwabo mu rugo.

Musanze: Umwana w’imyaka itatu yitabye Imana azize impanuka yabereye iwabo mu rugo.

Date:

Related stories

“Abatutsi Baremewe Kwicwa?”: Ubutumwa bukomeye bwa Obadioas Kavune ku mahanga n’imiryango mpuzamahanga.

Mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki ya 16 Ukuboza 2025, ijwi rikomeye ryongeye kugaruka ku bibazo by’umutekano n’uburenganzira bwa muntu mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.  Obadioas Kavune, umunyabwenge n’Umunyamulenge uzwiho kugaragaza ibitekerezo byimbitse ku mateka n’akarengane karanze ubuzima bw’Abatutsi bo muri Congo, yatanze ubutumwa bukomeye abinyujije kuri MCN, abugenera amahanga n’imiryango mpuzamahanga.  Mu magambo arimo intimba n’uburakari, Kavune yabajije ikibazo gikomeye gikomeje kwibazwa na benshi: “Ese Abatutsi bo muri Congo baremewe gupfa?” Iki kibazo ntiyagitanze nk’ikirimo amarangamutima gusa, ahubwo yagishingiye ku mateka maremare y’ubwicanyi, itotezwa n’ihohoterwa byagiye bikorwa ku Batutsi mu bihe bitandukanye, amahanga akenshi akabirebera cyangwa akabyirengagiza.  Kavune yagaragaje ko mu gihe isi ikomeza kwigira umuvugizi w’uburenganzira bwa muntu, hari abaturage bamwe bagaragaye nk’abadakorwaho, naho abandi bakemererwa gupfa ntawe ubavugiye. Yavuze ko guceceka kw’amahanga ku bikorerwa Abatutsi bo muri Congo atari impanuka, ahubwo ari ihitamo rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu.  Agaruka ku mateka ya kera, Kavune yibukije ko mu 1964, mu mvururu zari ziyobowe na Pierre...

RDC igiye gushyiraho sisiteme nshya, ihuriweho kandi y’ikoranabuhanga mu gusuzuma indwara

  Mu rugendo rwo kunoza serivisi z’ubuvuzi no kongera ireme...

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe...
spot_imgspot_img

Mu karere ka Musanze umurenge wa Gacaca akagari ka Gasakuza umudugudu wa Nyamugali umwana w’imyaka itatu yaguye mu bwiherero atabarwa yamaze gushiramo umwuka. 

Get a Professional Website at Promo Price

Start My Website

Ku wa 11 ukwakira 2023 mu masaha ya saa tayu z’ijoro, uyu mwana yabwiye ababyeyi be ko ashaka kujya mu bwiherero hanyuma bamuha telefone yo kumurikisha dore ko bwari bwije cyane. 

Uyu mwana yatinze kuva mu bwiherero hanyuma ababyeyi be bajya kureba icyabaye kuri uyu mwana basanga yaguye mu bwiherero umubiri we ureremba hejuru ku mwanda. 

Aya makuru y’urupfu rw’uyu mwana yemejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gacaca ndetse anakebura abandi babyeyi kutagira uburangare. 

Latest stories

spot_img