25.1 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeNairobi: Habaye impinduka mu irushanwa rya Miss Mulenge World 2023-2024

Nairobi: Habaye impinduka mu irushanwa rya Miss Mulenge World 2023-2024

Date:

Related stories

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe...

“Urugamba Rurakomeje”: Corneille Nangaa Atanze Ubutumwa ku Isabukuru y’Imyaka Ibiri ya AFC/M23

Mu mashusho yashyizwe ahagaragara kuri Twitter (X), Corneille Nangaa,...

AFC/M23 yahaye u Burundi isezerano rikomeye nyuma y’igihe gito bweruye bukavuga ko bushobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda

Mu gihe umwuka w’intambara n’umutekano muke bikomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, ihuriro rya AFC/M23 ryatanze isezerano rikomeye ku Burundi, rivuga ko ritazigera ryemera ko imitwe irwanya ubutegetsi bwabwo yifashisha uduce rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’ibirindiro byo guhungabanya umutekano w’icyo gihugu.  Iri sezerano ryatanzwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu bihe byihariye aho u Burundi bwari bumaze gutangaza ku mugaragaro ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda.  AFC/M23 yavuze ko yubaha ihame ryo kubana neza n’ibihugu bituranye, kandi ko idashaka ko intambara zo mu karere zarushaho kwaguka. Yashimangiye ko uduce igenzura tutazigera duhinduka indiri y’imitwe yitwaje intwaro igamije guhungabanya umutekano w’u Burundi cyangwa w’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose.  Aya magambo ya AFC/M23 yakurikiye igikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza, iri ihuriro rya AFC/M23 ryafashije impunzi z’Abarundi zari zarahungiye mu burasirazuba bwa Congo gusubira mu gihugu cyazo ku bushake....
spot_imgspot_img

Miss Mulenge World yagombaga gutangira  tariki ya 20 Ugushyingo 2023, yajemo impunduka zitunguranye nkuko byatangajwe n’abategura iri rushanwa.

Get a Professional Website at Promo Price

Start My Website

Mu gitondo cyo kuri uyu kabiri tariki ya 21 Ugushyingo 2023; ni bwo abashinzwe gutegura irushanwa rya Miss Mulenge World rigiye kubera i Nairobi muri Kenya ku nshuro ya Kabiri; batangaje ko habayemo impinduka ku itariki iri rushanwa rizatangiriraho.

Nkuko itangazo ribivuga, ubuyobozi bwa Miss Mulenge World buvuga ko izi mpinduka zabayeho kubera impamvu z’abamwe mu bakobwa biyamamaje ariko ubu bakaba ari mubizamini bya leta.

Abategura iri rushanwa rero nyuma yo kugenzura neza ubu busabe, bahisemo kwimura amatariki y’irushanwa n’ubwo nayo ataratangazwa neza; ariko byose bigamije kutagira umukobwa n’umwe uzacikanwa naya mahirwe yo guhatanira ikamba rya Miss Mulenge World.

Tubibutse ko iri rushanwa rya Miss Mulenge World 2023 ryari riteganyijwe gutangira tariki ya 20 Ugushyingo 2023 maze rikasozwa mu mpera z’ukwezi k’ukuboza uyu mwaka.

Habaye impinduka mu irushanwa rya Miss Mulenge World 2023-2024

Turakomeza tubakurikiranire neza iby’amatariki azakurikiraho………

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here