27.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeAndi makuruRDC: Uko byagenze kugirango M23 yivugane umwe mu bayobozi ba FDLR Col...

RDC: Uko byagenze kugirango M23 yivugane umwe mu bayobozi ba FDLR Col Ruhinda

Date:

Related stories

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Madamu wa Perezida Kim Keon Hee yakatiwe igifungo azira ruswa

  Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Kim Keon Hee,...
spot_imgspot_img

Col Ruvugayimikore Protogène Alias Ruhinda wari ukuriye umutwe w’Ingabo zidasanzwe za FDLR byatangajwe ko yivugwanywe n’umutwe wa M23.

Kuze ubu amakuru corridorreport.com yatohoje neza; avuga ko Col Ruhinda yiciwe mu mirwano yasakiranyije M23 n’Ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri iki Cyumweru tariki ya 3 Ukuboza 2023.

Kuva ku manywa impande zombi zarimo zirwanira mu bice bya za Teritwari za Rutshuru, Masisi na Nyiragongo.

Bivugwa ko igisasu cyivuganye Col Ruhinda cyamusanze mu buriri bwe aryamye.

Uyu mugabo wari mu bayobozi bakuru b’umutwe wa FDLR yishwe, mu gihe kuva muri Nyakanga uyu mwaka yari yarafatiwe ibihano n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ndetse na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Ni ibihano yafatiwe nyuma yo gushinjwa kugira uruhare mu bikorwa bihungabanya umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Col Ruvugayimikore Protogène Alias Ruhinda wari ukuriye umutwe w’Ingabo zidasanzwe za FDLR byatangajwe ko yivugwanywe n’umutwe wa M23.

Reka tubibutse gukomeza gukurikira amakuru corridorreport.com ibagezaho buri munsi. Muge muyifungura buri munsi, muyisome buri munsi kandi muyisangize abandi buri munsi. Murakoze!

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here