32.5 C
Africa
Donderdag, Januarie 15, 2026
HomeTags2025

Tag: 2025

spot_img

Amakuru Mashya: Amerika Ifashe Perezida wa Venezuela Nicolas Maduro n’Umugore We mu Bitero Byihariye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Perezida Donald Trump yatangaje ko Amerika yafashe Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro, n’umugore we Cilia Flores. Trump...

Yampano mu bihe bikomeye, aciye amarenga ku iherezo ry’umubano we, nyuma y’andi mashusho yagize hanze

  Nyuma y’iminsi agarukwaho mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho yagiye hanze ari gutera akabariro n’umukunzi we, umuhanzi Yampano yongeye kugarukwaho nyuma y’andi...

Ingabo za FARDC, zifatanyije n’abambari bazo, zagabye ibitero bikomeye cyane ku birindiro bya AFC/M23

Urusaku rukabije rw’imbunda ziremereye n’izoroheje rwumvikanye mu bice bitandukanye bya teritware za Uvira na Fizi, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bitera...

Mu gihe AFCON ikomeje, Aziz Ki ahuye n’inkuru ibabaje yo gupfusha umwana

  Mu gihe amarushanwa y’Igikombe cya Afurika (AFCON) akomeje kubera muri Maroc, umukinnyi w’umupira w’amaguru Stephen Aziz Ki ari kunyura mu bihe bikomeye by’akababaro nyuma...

Ingabo za FARDC zerekanye mw’itangazamakuru abarwanyi b’abanyamahanga bafatiwe ku rugamba. Amafoto

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zerekanye mu itangazamakuru abarwanyi b’abanyamahanga bivugwa ko bafatiwe ku rugamba mu bitero biherutse mu burasirazuba bwa...

Urubanza ruzahindura amateka: uko Bunyoni yabaye ikigeragezo cy’ubutegetsi bwa Ndayishimiye nyuma yuko hamenyekanye umugambi mubisha amufitiye

Ifungwa, kuburanishwa no gukatirwa igifungo cya burundu kwa Alain-Guillaume Bunyoni, wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, birakomeje guteza impaka zikomeye, haba imbere mu gihugu...

Perezida Tshisekedi yakomoje ku magambo rutwitsi ya Gén. Sylvain Ekenge, atanga itegeko ridasanzwe, AFC/M23 ishinja Leta ibirego bishya.

Mu gihe umutekano n’imibanire y’Abanye-Congo bikomeje guhungabanywa n’intambara ikomeje mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Perezida Félix Antoine Tshisekedi yafashe icyemezo...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img