Ijambo Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yagejeje ku Barundi mu gusoza umwaka wa 2025 rikomeje guteza impaka n’impungenge mu karere, nyuma yo kongera kwibasira...
Umuhanzi Richard Ngabo wamamaye ku izina rya Kevin Kade yakoze igitaramo cy’amateka, cyagaragaje urwego amaze kugeraho mu muziki nyarwanda, anashimira byimazeyo ababyeyi be bamushyigikiye...
Mu gihe hasigaye amasaha make ngo umwaka wa 2025 urangire, Umujyi wa Uvira n’ibice biyikikije mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bikomeje kuba indiri y’igitutu...
Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...
Santere ya Kamanyola, iherereye muri Teritwari ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwinjira mu mateka mabi...