Justin Bihona wigezeho kuba Minisitiri w’amajyambere muri RDC akomeje kuvugwaho amacakubiri mu Banyekongo aho akomeje guhamagarira inyeshyamba za Mai mai gusenya agace ka Minembwe...
Major Willy Ngoma, Umuvugizi wa gisirikare w’umutwe wa M23, yavuze ku bihano aheruka gufatirwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ashimangira ko aniteguye gupfa...
Mu nkuru igaragara k’urubuga rw’Umuryango Human Rights Watch ivuga ko uyu muryango wasabye Leta ya Congo kuburanisha abakekwaho guhitana Lt. Patrick Gisore Kabogo, umusirikare...
N’ibintu bitari bimenyerewe mu bwoko bw’Abanyamulenge, umugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 01 Ukuboza 2023, I Nairobi habere igitaramo cyiswe iwacu2Night, nigitaramo...
Nyandamira Aline wari uhagaragariye agace ka Mizinda yegukanye ikamba rya Miss Mulenge ahigitse bagenzi be bageranye mu cyiciro cya nyuma. Ni mu gikorwa cyabaye...