40.5 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsAbasirikare

Tag: Abasirikare

spot_img

Perezida Ndayishimiye yatangiye kubona inyungu zikomeye cyane nyuma y’ifatwa rya Uvira n’ihuriro AFC/M23.

Nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Uvira n’ihuriro AFC/M23, ibikorwa by’u Burundi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byafashe indi ntera, aho nubwo ingabo...

FARDC n’abambari bayo bakubiswe iz’akabwana na AFC/M23/MRDP-Twirwaneho bayabangira ingata. Inyungu Amerika ibifitemo zamenyekanye.

Imirwano ikaze ihanganishije ihuriro rya AFC/M23/MRDP-Twirwaneho n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 24 Ukuboza...

RDC: Imirwano idasanzwe hagati ya AFC/M23 na FARDC n’abambari ba yo yajemo indege 3 z’intambara zirimo Ingabo z’Abanyaburayi bafite intwaro ziremereye. 

Mu gihe umutekano w’intara ya Kivu y’Amajyepfo ukomeje kuba ikibazo gikomeye, amakuru mashya aturuka muri teritwari ya Fizi aravuga ko mu gace ka Kwa...

“Umunsi nzaba ndi ku rugamba nta muntu uzemererwa guhunga”: Amagambo ya Gen. Eddy Kapend yatumye benshi bacika ururondogoro 

Mu minsi ishize, amagambo y’umuyobozi w’Akarere ka 22 ka Gisirikare k’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Général Eddy Kapend, yateje impaka zikomeye...

2025: Umwaka wahinduye amateka, usiga icyuho mu mitima ya benshi unasiga igihombo gikomeye ku Ngabo z’u Rwanda

Umwaka wa 2025 uzahora wibukwa nk’umwe mu myaka itoroshye u Rwanda n’Isi byanyuzemo. Ni umwaka waranzwe n’intambwe nziza mu iterambere, ibikorwa bikomeye by’igihugu, n’icyerekezo...

“Turi muri Congo ariko bavuga ko twatahutse”: Abasirikare b’u Burundi bari muri RDC baraburira ku mugambi mubisha w’ibyo Leta ishaka ko bakora

Mu gihe ubutegetsi bw’u Burundi bukomeje gutangaza ku mugaragaro ko bwacyuye ingabo zabwo zari zoherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru aturuka imbere...

Abarwanyi ba AFC/M23 batangiye gukoresha intwaro nshya idasanzwe ku rugamba yakanze FARDC n’abambari ba yo, imirwano irushaho gufata indi sura

Intara ya Kivu y’Amajyepfo ikomeje kuba isibaniro rikomeye ry’intambara hagati y’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ingabo za Leta (FARDC)...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img