Imirwano ikaze ihanganishije ihuriro rya AFC/M23/MRDP-Twirwaneho n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 24 Ukuboza...
Mu gihe umutekano w’intara ya Kivu y’Amajyepfo ukomeje kuba ikibazo gikomeye, amakuru mashya aturuka muri teritwari ya Fizi aravuga ko mu gace ka Kwa...
Mu minsi ishize, amagambo y’umuyobozi w’Akarere ka 22 ka Gisirikare k’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Général Eddy Kapend, yateje impaka zikomeye...
Umwaka wa 2025 uzahora wibukwa nk’umwe mu myaka itoroshye u Rwanda n’Isi byanyuzemo. Ni umwaka waranzwe n’intambwe nziza mu iterambere, ibikorwa bikomeye by’igihugu, n’icyerekezo...
Intara ya Kivu y’Amajyepfo ikomeje kuba isibaniro rikomeye ry’intambara hagati y’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ingabo za Leta (FARDC)...