40.5 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsAbasirikare

Tag: Abasirikare

spot_img

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) watangaje ko ugiye kuva mu mujyi wa Uvira, nyuma y’iminsi itanu wari...

Amerika ibyivanzemo, AFC/M23 yemeye gukura ingabo zayo muri Uvira,gusa yahise itangaza ubutumwa bukarishye

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo gukura ingabo zaryo mu mujyi wa Uvira, riwufashe mu minsi ishize, mu rwego...

Buri munsi turicwa ariko turataka ntihagire udutabara kubera inyungu za Kinshasa — Ubutumwa bwa Gen. Mayele buhishura intimba n’akarengane mu ngabo za FARDC mu...

  Jenerali Mayele, umwe mu bayobozi bakuru b’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yatanze ubutumwa bukomeye bwateje impaka ndende, agaragaza umubabaro...

“Urugamba Rurakomeje”: Corneille Nangaa Atanze Ubutumwa ku Isabukuru y’Imyaka Ibiri ya AFC/M23

Mu mashusho yashyizwe ahagaragara kuri Twitter (X), Corneille Nangaa, umuhuzabikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), yatanze ubutumwa burebure ku isabukuru y’imyaka ibiri ishize...

AFC/M23 yahaye u Burundi isezerano rikomeye nyuma y’igihe gito bweruye bukavuga ko bushobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda

Mu gihe umwuka w’intambara n’umutekano muke bikomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, ihuriro rya AFC/M23 ryatanze isezerano rikomeye ku Burundi, rivuga ko...

Abaturage bahiye ubwoba bwinshi cyane nyuma yo kubona ibyo Burundi buheruka gukangisha u Rwanda intambara buri gukorera hafi y’umupaka

Mu minsi ishize, umwuka mubi hagati y’u Burundi n’u Rwanda warakomeye, ubwo Leta y’u Burundi yatangiraga kohereza abasirikare benshi hamwe n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka...

Tshisekedi: “Nasanze FARDC ari igisirikare cyasenyutse, gifite abasirikare babayeho nabi”Aya magambo yongeye gukurura impaka

  Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, akomeje gutera impaka mu baturage n’abasesenguzi, nyuma yo gutangaza ko ubwo yafataga ubutegetsi yasanze...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img