34.8 C
Africa
Woensdag, Desember 17, 2025
HomeTagsAbaturage

Tag: Abaturage

spot_img

Major Willy Ngoma yahishuye ko yiteguye gupfa, anakomoza ku bihano bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Major Willy Ngoma, Umuvugizi wa gisirikare w’umutwe wa M23, yavuze ku bihano aheruka gufatirwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ashimangira ko aniteguye gupfa...

Moise Katumbi uri mu bahatanira kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatinye kwiyamamariza mu gace Tshisekedi arimo

Umukandida Moise Katumbi uri kwiyamamariza kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasubitse ibikorwa bye byo kwiyamamaza mu Mujyi umwe na Tshisekedi kubera gutinya ubushotoranyi...

DR Congo: Katumbi agiye guhurira na Tshisekedi i Kananga mu Ntara ya Kasaï-Central »Inkuru irambuye

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 13 Ukuboza 2023, biteganijweko Abakandida babiri bahabwa amahirwe kurusha abandi mu matora ya perezida wa DR Congo bombi...

Kera kabaye Ingabo z’u Burundi zigera muri 900 zari muri Kivu y’Amajyaruguru zatashye bamwe mu bakuru ba zo basiga ubuzima muri RDC

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 10 Ukuboza 2023, umugaba mukuru w’ingabo za EAC zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (EACRF), Maj...

Kigali: Umukobwa wakoraga muri hoteli yagiye kwishyuza baramukubita barangije bamufata amaguru bakurura hasi nk’akabakurura igifuka bitegetswe n’umukoresha we.

Ku Kimihurura haravugwa inkuru y’umukobwa wakoraga muri hoteli yo kwa Mironko yagiye kwishyuza baramukubita barangije bamufata amaguru bakurura hasi nk’akabakurura igifuka. Umukobwa witwa Grace wakoraga...

Abafashe telefone za “macye macye” bararira ayo kwarika kubera ibiri kuba kuri Telefoni zabo no ku mafaranga babitsa kuri konti zabo kandi baramaze kwishyura

Mu mwaka ushize nibwo Sosiyete y’itumanaho ya MTN ifatanyije na Banki ya Kigali, batangije gahunda yiswe ’MACYE MACYE’ igamije gufasha Abanyarwanda kubona telefone zigezweho...

Kigali: Umubyeyi witwa Mama Jean yari ari mu nzu nyiri nzu araza ahita ayikuraho amabati.

Ku Kimisagara haravugwa inkuru y’umubyeyi witwa Mama Jean uri gutabaza nyuma yuko Nyiri nzu amusakamburiyeho inzu yabagamo bapfuye iminsi 3 gusa yari amaze ataramwishyura...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img