Abahinga inyanya mu buryo bwa kijyambere bo mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, baravuga ko igihingwa cyabo kibasiwe n’indwara ya kirabiranya yaburiwe...
Uwahoze ari minisitiri wo mu gihugu cya Uganda Sarah Opendi yasabye ko mu mategeko arebana n’abashakanye bakongeramo ikintu cyafasha abantu benshi.Nyakubahwa Sarah yavuze ko...
Umubikira yabyaye umuhungu mu mujyi wa Rieti uri mu Butaliyani hagati. Yavuze ko atigeze amenya ko yari atwite. Uyu mugore w’imyaka 31 yihutishirijwe ku...
Amakimbirane yo mu miryango kenshi ashingira ku mirage n’imitungo aza imbere mu bikurura ihohoterwa rishingira ku gitsina abagore bababariramo kurusha abandi ndetse rimwe na...